skol
fortebet

Byinshi wamenya ku muntu uri gushyira hanze abakinnyi b’abanyarwanda bambaye ubusa buri buri n’impamvu yabimuteye

Yanditswe: Wednesday 17, Apr 2019

Sponsored Ad

Abanyarwanda benshi bari mu rujijo rw’umuntu ukomeje gushyira hanze amashusho y’Abanyarwanda bakina umupira w’amaguru bambaye ubusa, nyuma y’aho abarimo Muhire Kevin na Kimenyi Yves bamaze gushyirwa ku karubanda.

Sponsored Ad

Nyuma yo gushyira hanze ubwambure bw’aba bakinnyi bombi,umuntu uri kubikora bivugwa ko ari muri Benin arimo gusaba abamwoherereje aya mashusho bambaye ubusa ko bamwishyura kugira ngo atayashyira hanze aho ngo uzabyanga wese azajya hanze.

Nkuko amakuru agera ku Umuryango abitangaza,byatangiye hari umukobwa mwiza cyane wo muri Benin,wagiye aganiriza abakinnyi bo mu Rwanda batandukanye, buri wese ku giti cye akababwira ko abakunda kugira ngo abice mu mutwe.

Yabanje gukuramo imyenda yose,abereka imyanya ye y’ibanga arangije agenda asaba buri umwe gukuramo imyenda nawe akamwereka igitsina cye,abamukunze babikora batazuyaje,amashusho arayafata none kuri ubu ari kuyashyira ku karubanda.

Hari abakobwa b’Abanyarwanda bigambye ko aribo bari kubikora ariko amakuru yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga ni uko ngo nabo batazi iby’aya mashusho ahubwo uyu muntu wo muri Benin niwe uyafite ndetse ari kugenda asaba aba bakinnyi kumuha amafaranga atavuzwe umubare kugira ngo ntashyire hanze amashusho yabo.

Biravugwa ko uyu mukobwa afite amashusho y’abakinnyi benshi b’Abanyarwanda ndetse ngo uwanze kumwishyura wese azajya ku karubanda yambaye ubusa buri buri.

Andi makuru aravuga ko Muhire Kevin yari yamwishyuye ngo amubikire ibanga ariko uyu munya Benin utaramenyekana yamwigaritse ahita ayashyira hanze.

Umukinnyi bivugwa ko ashobora gukurikiraho ni uwahoze akinira Rayon Sports gusa ntibiratangazwa uwo ariwe.


Uretse Muhire Kevin na Kimenyi,ngo hari abandi bagiye gushyirwa hanze bambaye ubusa buri buri

Ibitekerezo

  • Mwiriwe mwibeshyera umukobwa wo muri Benin abantu bari gukora ibi nibikobwa biba Uganda umwe yitwa Dagy hortance undi yitwa nalongo natacha nana baba Uganda banabyigambye cyane ahubwo RIB ikore akazi

    iyi picture ya kevin ni photoshop mukore analysis kuri body party , ingano yamaguru itandukanye nuko angana

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa