skol
fortebet

Hateguwe amarushanwa akomeye ya Golf aho umuntu uzatsinda azahembwa kuryamana n’abakobwa 60

Yanditswe: Monday 12, Nov 2018

Sponsored Ad

Mu birori by’ubusambanyi bizwi nka Sex Island biri gutegurwa mu birwa bya carayibe muri Amerika y’Amajyepfo,hateguwe irushanwa ry’umukino wa Golf aho uzaritsinda azahabwa kuryamana n’abakobwa 60 mu gihe kingana n’iminota 15.

Sponsored Ad

Aya marushanwa yatangajwe uyu munsi mu itangazo ryo kwamamaza iki kirori cy’ubusambanyi giteganyijwe kuva kuwa 14 kugeza ku wa 17 Ukuboza uyu mwaka aho abagabo 30 bazabasha kugura itike y’ibihumbi 4,600 by’amapawundi bazinjira ku kirwa bagahabwa abagore 2 bo gusambanya mu gihe cy’iminsi 4.

Ibi birori byavugishije benshi mu batuye isi,bikomeje kwamamazwa hirya no hino mu binyamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga gusa hashyizwemo udushya dutandukanye turimo n’aka k’iri rushanwa rya Golf.

Muri ibi birori haba harimo ibiyobyabwenge by’uko bwose,inzoga ndetse ababyitabiriye basambanira ahantu hatandukanye nko muri hoteli,mu bibuga bya Tennis na Golf ndetse haba n’amarushanwa yo gusambana.

Uyu mwaka abakiliya basabye ko ababyitabira bava kuri 30 bakagera kuri 50 ndetse n’abakobwa bakongerwa bakava kuri 60 bakagezwa ku 100.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa