skol
fortebet

Ifoto abapolisi bifotozanyije n’umunyabyaha bari bamaze gufata yaciye ibintu

Yanditswe: Thursday 14, Dec 2017

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Brazil haturutse ifoto iri guca ibintu hirya no hino ku isi aho aba Ofisiye bishimiye gufata umucuruzi w’ibiyobyabwenge ruharwa wari uzwi cyane witwa Rogerio Avelino da Silva maze bahita bifotozanya nawe bari guseka,ibintu byatangaje abantu.
Ubusanzwe iyo abapolisi bafashe umunyabyaha ruharwa wari warabazengereje,usanga barakaye ariko aba bapolisi bo mu mugi wa Rio de Janeiro bo siko babigenje kuko bahise bifotozanya nawe bari guseka kubera ukuntu uyu mugabo azwi muri uyu (...)

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Brazil haturutse ifoto iri guca ibintu hirya no hino ku isi aho aba Ofisiye bishimiye gufata umucuruzi w’ibiyobyabwenge ruharwa wari uzwi cyane witwa Rogerio Avelino da Silva maze bahita bifotozanya nawe bari guseka,ibintu byatangaje abantu.

Ubusanzwe iyo abapolisi bafashe umunyabyaha ruharwa wari warabazengereje,usanga barakaye ariko aba bapolisi bo mu mugi wa Rio de Janeiro bo siko babigenje kuko bahise bifotozanya nawe bari guseka kubera ukuntu uyu mugabo azwi muri uyu mwaga wo gucuruza ibiyobyabwenge.

Kubera ko uyu Rogerio Avelino da Silva yari yarazengereje polisi yi Rio,byabaye ngombwa ko bashyiraho igihembo cy’ibihumbi 13 by’amayero ku muntu uzamufata none yafashwe abofisiye bahita bajya kumwifotorezaho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa