skol
fortebet

Ikiryabarezi cyariye umusore w’i Gikondo akayabo kubera agahinda yimanika mu mugozi (VIDEO)

Yanditswe: Wednesday 14, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

FOTO Internet
Nsengimana Jean w’imyaka 22 y’amavuko yimanitse mu giti cy’amapera hafi y’ aho yakoreraga mu mudugudu wa Rebero mu kagali ka Karambo i Gikondo.
Uyu musore wimanitse mugiti akiyambura ubuzima, Nkuko byagaragaye mu makuru ya Televiziyo y’Igihugu y’u Rwanda "Rtv"biravugwako yabitewe nuko yaba yariwe amafaranga agera ku bihumbi ijana na mirongo itanu, ubwo yajyaga gukina imikino y’amahirwe iyi bakunze kwita ibiryabarezi.
INKURU IRAMBUYE REBA HASI (...)

Sponsored Ad

FOTO Internet

Nsengimana Jean w’imyaka 22 y’amavuko yimanitse mu giti cy’amapera hafi y’ aho yakoreraga mu mudugudu wa Rebero mu kagali ka Karambo i Gikondo.

Uyu musore wimanitse mugiti akiyambura ubuzima, Nkuko byagaragaye mu makuru ya Televiziyo y’Igihugu y’u Rwanda "Rtv"biravugwako yabitewe nuko yaba yariwe amafaranga agera ku bihumbi ijana na mirongo itanu, ubwo yajyaga gukina imikino y’amahirwe iyi bakunze kwita ibiryabarezi.

INKURU IRAMBUYE REBA HASI VIDEO:

Ibitekerezo

  • uyu nawe ntakigenda nonesi yarazi kari gushira mwi kofi

    Ntakundi uwiyishentaririrwa

    LETA IFITE INSHINGANO ZO KUREBERA ABATURAGE IBIRYABAREZI NUBUNDI BURYO BWO KWIBA BIKWIYE GUFUNGWA KUKO BIRI MUBIHUNGABANYA UMUTEKANO *

    Yewe akabi gasekwa nkakeza koko, icyiryabarezi ngo cyamuriye ariyahura? Ubwo nyine abasigaye bamenyubwenge bacike kucyiryabarezi.

    Mwiriwe! uyu wanditse yibeshye kuko uyu wiyahuye nuwo mu murenge wa Gatenga si Gikondo.

    NABANDI BABONEREHO IBYIKIRYABAREZI GIKOZE?

    Yemwe reta yu Rwanda nigiricyikora kuko hariyahura abanyarwanda
    benshi.

    MWARAMUTSE RETA NIDUFASHE TUZAGE KWITORERA UMUSAZA WACU KAGAME IBIRYABAREZI YARABYIRUKANYE , ABABIKINA NABO NIBABIREKE BURIYA NUBUJURA BWABASHIMWA ICYAKUGEZA AHO BAYABARIRA BABA BAFITE UDUFUKA TWIBICERI NICYAKUBWIRA AHO BIGEJEJE ABAMOTARI BIBIGORYI .

    iyo ambwira nari kumuha magatatu aho kiwiyahura. we kwiyambura ubuzima doreb phone ya njye mu gihe wumva usigaje iminsi mike ngo wiyambure ubuzima kandi warabuhawe n’Uwiterka 41 799202595 Umwami Imana ibumvire

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa