skol
fortebet

Kigali: Umugabo yagaragaye ku gipangu cy’ indaya ataka

Yanditswe: Friday 16, Feb 2018

Sponsored Ad

Mu gitondo cyo ku wa 16 Gashyantare 2018 umugabo yahuriye n’uruva gusenya mu gipangu cy’indaya mu Murenge wa Muhima, Akarere ka Nyarugenge, akomeretswa igitsina aho bivugwa ko ashobora kuba yarumwe.
Uyu mugabo yagaragaye ari inyuma y’inzu iri ahacumbitse indaya mu Kagari ka Tetero. Yari yambaye ubusa ataka cyane yifashe ku gitsina.
Abamubonye bavuga ko uyu mugabo yari yaraye agurira inzoga izo ndaya ndetse baratahana, bikaba bikekwa ko yaryamanye nazo akabura ayo kuzishyura maze zikamusohora (...)

Sponsored Ad

Mu gitondo cyo ku wa 16 Gashyantare 2018 umugabo yahuriye n’uruva gusenya mu gipangu cy’indaya mu Murenge wa Muhima, Akarere ka Nyarugenge, akomeretswa igitsina aho bivugwa ko ashobora kuba yarumwe.

Uyu mugabo yagaragaye ari inyuma y’inzu iri ahacumbitse indaya mu Kagari ka Tetero. Yari yambaye ubusa ataka cyane yifashe ku gitsina.

Abamubonye bavuga ko uyu mugabo yari yaraye agurira inzoga izo ndaya ndetse baratahana, bikaba bikekwa ko yaryamanye nazo akabura ayo kuzishyura maze zikamusohora mu nzu yambaye uko yavutse zimaze kumuhohotera.

Umwe mu bahuruye mu gutabara uwo mugabo yabwiye Igihe ati “Dukeka ko zishobora kuba zamurumye igitsina cyangwa zikagikomeretsa kuko yari arimo kuniha yananiwe kugenda kandi si ubwa mbere indaya zo ku Muhima ziruma abagabo babuze ayo kuzishyura.”

Undi yagize ati “Igitsina zagikase kuko. Kugenda byari byamunaniye."

Yaba uyu mugabo n’izo ndaya bahise bafatwa bajyanwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Rugenge.


amafoto ya Igihe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa