skol
fortebet

Reba amafoto y’ubukwe bwasekeje abantu mu mateka y’isi[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 18, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Mu buzima bwa muntu, umunsi w’ubukwe uri mu minsi ikomeye cyane ndetse inategurwa igihe kirekire kugirango ibintu bizajyende neza nta mbogamizi zibayeho nk’aya mafoto y’ ubukwe busekeje bwabayeho twabateguriye.

Sponsored Ad

Akenshi ariko hari ubukwe bumwe na bumwe usanga butangaje ndetse bukanandikwa mu bitabo by’amateka bitewe n’udukoryo twihariye twaburanze.

Hari igihe usanga abageni bo ubwabo aribo babigizemo uruhare kugirango hagaragaremo udushya tudasanzwe cyangwa se ugasanga abafotora akaba aribo bakoze utwo dushya bagafotora ibihe bisekeje.

Aya ni amwe mu mafoto agaragaza ubukwe bwasekeje abantu haba ku mbuga nkoranyambaga no mu bitabiriye ibyo birori.






Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa