skol
fortebet

Reba imyiyereko y’abambaye ubusa bisize amarangi yatunguye ba mukerarugendo mu mujyi Wa New York (Amafoto)

Yanditswe: Wednesday 14, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Mu mujyi wa New York haherutse kubera imyiyerekano yasize abenshi mu bawugana kubumba umunwa byabananiye. Iyi myiyerekano isanzwe ikorwa ariko mu buryo buri wese aba yibona nka mugenzi we, aho ababarirwa mu magana birara mu mihanda cyane cyana imbere y’inyubako zizwi cyane ziri mu mujyi rwagati ahagendwa na benshi, abagore n’abagabo bambaye ubusa, basigana amarangi y’ubwoko bwose mbese ubona ko umugambi ari umwe. Uyu muhango wizihizwa abaturage bambara ubusa bagasigana amarangi muri uriya (...)

Sponsored Ad

Mu mujyi wa New York haherutse kubera imyiyerekano yasize abenshi mu bawugana kubumba umunwa byabananiye.

Iyi myiyerekano isanzwe ikorwa ariko mu buryo buri wese aba yibona nka mugenzi we, aho ababarirwa mu magana birara mu mihanda cyane cyana imbere y’inyubako zizwi cyane ziri mu mujyi rwagati ahagendwa na benshi, abagore n’abagabo bambaye ubusa, basigana amarangi y’ubwoko bwose mbese ubona ko umugambi ari umwe.

Uyu muhango wizihizwa abaturage bambara ubusa bagasigana amarangi muri uriya mujyi, ukorwa buri mwaka aho aba baturage baba bumva bibohoye ndetse berekana uko baremwe, ari na byo byatumye uyu munsi bawita uwo kwiyambika ukuri.

Usanga abagore n’abagabo bishimiye kubijyamo nta wuseka undi, yewe no mu muryango umwe hakaba haturukamo ababishaka bose ariko havuyemo abana kuko bikorwa n’abashatse gusa.

Ku rundi ruhande, ngo si itegeko ko abashakanye bose bitabira uyu muhango wo kwimurika, kuko mu gihe umwe atabonetse adashobora kwima undi uburenganzira bwo kujyayo.

Buri wese ku bushobozi bwe n’ubushake abasha kwitabira uyu muhango


Abagore n’abagabo baba basigana amarangi nta soni nta nzikekwe


Aba baturage baba bakwirakwiriye hirya no hino mu mihanda yo mu mujyi



Ibi bikorwa ngo ni bimwe mu bituma ba mukerarugendo bakunda muri uriya mujyi cyane cyane mu bihe nk’ibi kuko baba baje kwihera ijisho ibihakorerwa.

Ibitekerezo

  • Ni dange

    Umurengwe wica nk’inzara

    murabeshya hari urukuta mutazarenga Nyagasini niyibiko umurengwe wobiteye isono byanyu azabamanukira to

    Ariko nkubu aya madayimoni abashaka kwerekana iki cyiza bafite murubu bwambure bwabo uburakari bwuwiteka nibumanuka satani nabambaribe bazumirwa waca tusubiri

    Narumiwe koko, aba bo bihorera mumunezero ntamwanya w’imihangayiko

    uwo ni umurengwe sha!!

    HAGAJWE?:!;??

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa