skol
fortebet

Umugabo yafashwe ari gusambanyiriza mu modoka umukobwa w’umugore wa kabiri bashyingiranwe

Yanditswe: Monday 12, Aug 2019

Sponsored Ad

Umugabo w’imyaka 45 witwa Dany Chungu ukomoka ahitwa Mindolo mu mujyi wa Kitwe wa 3 mu bunini muri Zambia,yafashwe ari gusambanyiriza mu modoka umukobwa w’umugore we wa kabiri bashyingiranywe ahita ajyanwa ku biro bya polisi.

Sponsored Ad

Mu ijoro ryo kuwa 09 Kanama uyu mwaka nibwo uyu mugabo witwa Chungu yafashwe ari gusambanyiriza mu modoka uyu mukobwa witwa Sinevia wabyawe n’umugore wa kabiri yashatse.

Aba bombi bafashwe n’abagenzi banyuze ku modoka barimo barungurutse babona bambaye ubusa,ibintu byakomeye niko guhita babasohora igitaraganya babajyana ku biro bya polisi barafungwa.

Amakuru aravuga ko uyu aba bantu bombi bamaze igihe kinini basambana ndetse ngo umwana w’imyaka 4 uyu mukobwa aherutse kuvuga ko yabyaranye n’umukunzi we ari uw’uyu mugabo wa nyina bafashwe bari gusambana.

Umugore wa Chungu akimara kumva ko yafashwe ari gusambanya umukobwa we yahise yitura hasi ata ubwenge bamuterura bamujyana kwa muganga aho bamusanganye umuvuduko ukabije w’amaraso.

Bimaze kuba umuco muri Zambia ko abagabo basambanya abakobwa b’abagore bashatse bakabagira abakeba b aba nyina.

Ibitekerezo

  • Ubusambanyi bukorwa na millions nyinshi ku isi.Nicyo cyaha kizarimbuza abantu benshi kurusha ibindi.
    Byerekana ukuntu abantu basuzugura Imana.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli Petero wa 2,igice cya 3,umurongo wa 13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa