skol
fortebet

Umugabo yakaswe ubugabo bwe n’intoki eshatu nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka itatu y’amavuko

Yanditswe: Monday 15, May 2017

Sponsored Ad

skol

Polisi yo mu gihugu cya Brazil iravuga ko, umugabo yatakaswe ubugabo bwe nyuma yu’ko umukoresha we w’umugore amenye ko yasambanyije umwana we w’umukobwa w’imyaka 3 y’amavuko .
Umugabo Francisco de Souza de Castro w’imyaka 66 y’amavuko ubu ari kubarizwa ku bitaro bya Santa Casa de Misericordia,aho abaganga bari kugerageza guteranya ibice bye yakaswe harimo n’intoki 3 zacitse.
Nk’uko tubikesha ibiro by’ubutasi bya polisi yo mu gihugu cya Brazil,baravuga ko byatangiye ubwo umukoresha wa Castro yaje (...)

Sponsored Ad

Polisi yo mu gihugu cya Brazil iravuga ko, umugabo yatakaswe ubugabo bwe nyuma yu’ko umukoresha we w’umugore amenye ko yasambanyije umwana we w’umukobwa w’imyaka 3 y’amavuko .

Umugabo Francisco de Souza de Castro w’imyaka 66 y’amavuko ubu ari kubarizwa ku bitaro bya Santa Casa de Misericordia,aho abaganga bari kugerageza guteranya ibice bye yakaswe harimo n’intoki 3 zacitse.

Nk’uko tubikesha ibiro by’ubutasi bya polisi yo mu gihugu cya Brazil,baravuga ko byatangiye ubwo umukoresha wa Castro yaje kubona ibimenyetso by’uko umwana we yasambanyijwe,maze uburakari bwinshi buba buramutashye,maze yiruka anjya gushaka icyuma,niko guhita afata Castro maze baragundagurana biza kurangira amukase intoki 3 n’ubugabo bwe.

Gusa polisi yo mu gihugu cya Brazil,iratangaza ko ibimenyetso bihari ko umwana yasambayijwe,ariko ko batemeza neza niba koko ari Castro wamusambanyije,hagati aho iperereza ryo ngo riracyakomeje.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa