skol
fortebet

Umupolisi yaguze indaya ku muhanda ayigejeje mu rugo asanga n’umugabo

Yanditswe: Thursday 18, Jul 2019

Sponsored Ad

Umupolisi wo mu mujyi wa Abuja mu gihugu cya Nigeria yahuye n’uruva gusenya ubwo yararuzaga indaya ku muhanda ayigejeje mu rugo abona n’umugabo nyuma y’aho yari amusabye gukuramo imyenda ngo batere akabariro.

Sponsored Ad

Uyu mupolisi wo mu gace kitwa Kubwa muri Abuja,yahuriye n’uyu musore wari wihinduye indaya mu kabyiniro,amusaba ko batahana akamumara ipfa ryo gukora imibonano mpuzabitsina niko kujyana amugejeje mu rugo asanga ari umusore wari wiyoberanyije.

Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga,yagaragaje uyu musore wari wihinduye indaya ari gukuramo imyenda yose y’abagore yari yiyambitse kugira ngo ase nabo.

Uyu mupolisi akimara kubona ko yaguze umusore yahise amufata amujyana kuri polisi bamuhata ibibazo avuga ko yabikoze kubera ubuzima bubi abayemo ariyo mpamvu yihindura umugorre nijoro kugira ngo abone icyo kurya.

Umwe mu bahataga uyu musore wari wigize indaya ibibazo,yamugiriye impuhwe niko guhira amwemerera akazi kamufasha kubaho akareka kujya yiyoberanya nijoro.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa