skol
fortebet

Umusaza w’imyaka 72 yaguwe gitumo ari gusambana n’abana b’abakobwa 2 biga mu mashuri abanza

Yanditswe: Monday 13, May 2019

Sponsored Ad

skol

Umusaza w’imyaka 72 y’amavuko yafashwe asambanyiriza mu cyumba cye abana babiri b’abakobwa biga mu mashuri abanza.Ngo uyu musaza si ubwa mbere abikoze ahubwo yari yarabigize akamenyero.

Sponsored Ad

Aba bana b’abanyeshuri bavuze ko binyabyaga bakavaga ku ishuri mu gihe cy’amasomo bakajya gusambanira n’uwo musaza mu cyumba cye nk’uko Faceofmalawi ducyesha iyi nkuru yabitangaje.

Umwe mu babonye ibyo yavuze ko hari n’abandi bakobwa benshi baza rwihishwa kureba uwo musaza baje gukora ubusambanyi.

Ati“Muri aya mezi abana bato bamusuraga mu buryo nk’ubu ubwo akabahisha mu nzu n’urugi akarukinga.nkatwe nk’abaturanyi be twacyekacyekaga ko ari abuzukuru be cyangwa abandi bafitanye isano”.

Umwe mu baturanyi be niwe yaje kumva amajwi y’abantu bataka aturuka mu cyumba cy’uwo musazak, ahita ahamagara abantu nyuma y’uko arebeye mu mwenge w’urugi akabona uwo musaza n’abo bana barimo gusambana.

Uwo musaza warimo gusambana n’abo bana b’abanyeshuri,ako kanya bahise basohorwa muri iyo nzu.

Mu kubazwa,umusaza yasubije yiyemerera ko afite abana barenga 10 bamusura baje mu bikorwa byo gusambana nawe.Yahise atabwa muri yombi ubu ari mu mabokao ya polisi.

Abantu benshi bo muri Nigeria bumvise iby’uyu musaza w’umuhemu,baenze bikomeye abayobozi b’iki kigo cy’amashuri aba bana bigaho kubera ko bareka abana bagasohoka ikigo uko bishakiye mu gihe ababyeyi baba bizeye ko abana bari kwiga naho biriye mu ngeso mbi z’ubusambanyi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa