skol
fortebet

Dore ibintu 6 bishobora gukururira umugabo gutera akabariro(AMAFOTO)

Yanditswe: Wednesday 17, May 2017

Sponsored Ad

skol

Akenshi na kenshi abagore bavuga ko abagabo babo badakunda ko batera akabariro kuko niyo babikoze ngo biba ari nko kurangiza umuhango,rero bakaba bibaza ikintu cyatuma abagabo babo babishimira mu ghe bagiye gukora imibonano mpuzabitsina,bakayikora bishimye.hano hari uburyo wakoresha 6 bwatuma umugabo wawe ahora agufitiye ubusambo.
1.bisaba ko uba uteye neza inyuma: Niba ukeka ko hari ikiba cyabaye kidasanzwe,umubiri wawe nawo uri muri bimwe bishobora kuba impamvu,Ushobora kuba (...)

Sponsored Ad

Akenshi na kenshi abagore bavuga ko abagabo babo badakunda ko batera akabariro kuko niyo babikoze ngo biba ari nko kurangiza umuhango,rero bakaba bibaza ikintu cyatuma abagabo babo babishimira mu ghe bagiye gukora imibonano mpuzabitsina,bakayikora bishimye.hano hari uburyo wakoresha 6 bwatuma umugabo wawe ahora agufitiye ubusambo.

1.bisaba ko uba uteye neza inyuma:

Niba ukeka ko hari ikiba cyabaye kidasanzwe,umubiri wawe nawo uri muri bimwe bishobora kuba impamvu,Ushobora kuba yaragushatse uteye neza ariko wamara kuba umugore ukabyibuha birenze ibyo yifuza ubundi yakureba akabona nta kiyumviro kindi wamutera,niba uteri unabizi buriya abagabo bakunda abagore bateye neza,kuko iyo uteye neza uba uteye ubusambo.Niba koko warabyibushye cyane ukimara kuba umugore,wiba umunebwe kora siporo ubundi urebe ko wagaruka ukamera uko wari umueze mbere.

2.Wiryama wiyoroshe wese:

Iki ni ikintu buri mugore wese agomba kumenya.wikwigera uryama wiyoroshe hose,gerageza ugire aho usiga umugabo ari burebe ubundi akagira ubusambo,ndakwizeza ko nukora ibi nkubwiye byibura ijoro rimwe uzabona igisubizo gishimishije giturutse ku mugabo.

3.Gerageza nujya kuryama wambare imyenda y’ijoro ikurura umugabo:

Ariko njye ubundi siniyumvisha uburyo abagore batagomba kwamba akenda k’imbere gatuma umugabo yumva ashatse gukora imibonano mpuzabitsina.Reka njye mbire ibanga,buriya abagabo bakururwa n’umwenda w’imbere uteye neza nawe wareba ukavuga uti koko aka kenda ni keza “sexy”.

4.Wikigira nkaho nta kintu ushoboye:

Aha niho abagore bibeshya igihe kimwe na kimwe.Nukuvuga ngo niba hari ikibazo kibaye mu rugo wimera nkutaye umutwe ubundi utangire uhamagare umugabo umuhuruza aho yagiye,ahubwo wowe menya gufata umwanzuro w’urugo,ku buryo umugabo najyenda agenda akwizeye ko umugore we ahari nta kibazo kiri bube uteri bukemure,ibi nabyo bituma umugabo yumva ahora akwishimiye iteka.

5.Shaka ikintu cyerekeranye no kwisiga cyatuma uhora uhumura neza:

Niba utari ubizi ikintu cyatuma umugabo wawe aguhora iruhande n’impumuro nziza.kandi ntibivuze ko wazanjya uhumura ku manywa ubundi n’ijoro ntuhumure,wowe niba ugiye kuryama n’umugabo wawe gerageza byibura wipurize agaparufe kuburyo n’ugera ku buriri yifuza ko mwegerana.

6.Rimwe na Rimwe njya umukorera ibintu bitunguranye:

Dore indi nzira ishobora gutuma umugabo wawe ashaka ko mukora imibonano mpuzabitsina,niba mwogera nko mu nzu nta bana bahari jya ujya mu rwogero wambaye ubusa,cyangwa mu gihe uri koga usige urugi rufunguye,cyangwa mu gihe uvuye nko koga ukamubwira ngo agusigire mu mugongo ko utahagera,ndakwizeza ko mu gihe azaba ari kugusiga niko ibyiyumviro bye bizagenda bihinduka.

Ibitekerezo

  • Burya nta mugabo udakunda gutera akabariro pe dusa hari abagabo babangamirwa n’uburwayi butandukanye maze bakabihirwa n’ubuzima. aha ndasaba UMugabo ufite ikibazo cyo kutagira ubushake bw’imibonano mpuzabitsina. Habonetse igufasha gukira ubu burwayi. Uretse gufasha kongera ubushake bw’imibonano mpuzabitsina, uyu muti nanone ufasha abagabo batakibasha gukora imibonano mpuzabitsina (impuissant), abarangiza vuba, abatinda kurangiza, abafite intanga nke cyangwa intanga z’amazi ndetse n’abagabo batabyara. Iyi product nta ngaruka n’imwe mbi igira Ku buzima. Iyi miti ikomoka Ku bimera gakondo ry’abashinwa. ESE waba Uzi ufite ubu burwayi cyangwa se uburwayi. Witindiganya hamagara tugufashe kuri 250789396202. Tugufitiye n’indi miti ikomoka Ku bimera gakondo by’abashinwa. Tugufitiye kandi abaganga b’inzobere bagufasha Ku bundi bw’ibikatu burimo diyabeti, umuvuduko w’amaraso, indwara z’umutima, igifu, za hepatite, impyiko n’ibindi. Ku bindi bisobanuro hamagara kuri 250722976014. Iyi numero ninayo dukoresha kuri watsapp

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa