skol
fortebet

Ese umugabo ufite igitsina gito yagikoresha gute kugirango aryohereze umgore we

Yanditswe: Friday 15, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Abagabo bafite igitsina gito bakunda guhura nibibazo byo gushimisha abagore benshi bibabaho kubera kutamenya akaba ariyo mpanvu tugiye kubafasha gusobanukirwa n’uburyo babikoramo .

Sponsored Ad

Abagore benshi ntibanyurwa n’imibonano mpuzabitsina, bene aba bagore bagora abagabo babo mu gihe cy’igikorwa umugabo agakoresha ingufu nyinshi ariko ntibanyurwe, bene aba bagore banyurwa n’icyo bita kurongora bacumitwa nibwo buryo butuma banyurwa kandi bakaryoherwa n’imibonano mpuzabitsina.

Gucumita n’ubwo benshi bafata iri jambo nkaho ari nyandagazi ariko ni ijambo rya Kinyarwanda rikunze gukoresha n’abageze mu zabukuru kuko baba bazi igisobanuro cyaro, ni uburyo bwo gutera akabariro butuma igitsina cy’umugabo cyinjira kikagera kure kabone n’iyo cyaba ari kigufi, bworohera abagore b’urubavu ruto kubera uburyo bukorwa ariko n’undi wese ashobora kuba yabigerageza kandi imibonano ikagenda neza.

Uburyo bukorwa nabagabo bose cyane cyane abafite igitsina gito niyo cyaba kigufi kuko bituma umugore agera kubyishimo bye byanyuma ,kuko bifasha igitsina cy’umugabo kwinjira kikagera kure ku buryo kiba gikubita kuri nyababyeyi bigatuma n’umugore yumva uburyohe kuko aba agerezwa aho yumva ashaka hose.

Ubu buryo bwo gucumita ni bwiza cyane ku bagore bafite igitsina gito kuko bituma cyaguka kikaba kinini, bukoreshwa cyane ku bagore batoya, kuko abagore banini barushya abagabo kubera ibiro byinshi.

Ubu buryo rero bufasha abashakanye kugira ibyishimo mu mibonano mpuzabitsina ndetse bakanakemura ikibazo cyo kutazana amazi cyangwa kutanyurwa n’imibonano mpuzabitsina nkuko biba kubagore bamwe na bamwe.

Abenshi barabwifashisha kabone n’iyo abagore babo badafite ikibazo cyo kutanyurwa kuko byongera ibyishimo bikanarinda umugabo kuba yarongora umugore ntamunyuze kumupfubya bityo intandaro y’ubuhehesi no gucana inyuma kubera kutanyurwa igakemuka.

Iyo tuvuze imibonano mpuzabitsina hagati y’abantu babiri, tuba tuvuze hagati y’abashakanye, ababikora mbere yo kwambikana impeta bifatwa nk’ubusambanyi nk’uko bitemewe mu muco nyarwanda ndetse bikaba binafatwa nk’icyaha muri bibiliya.Nk’urubyiruko rugirwa inama yo kwirinda izo ngeso kugirango zitabagusha mu byago byo kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina cyangwa gutwara inda zitateguwe.

Ibitekerezo

  • bbanjye kubashimira inyigisho mudutegurira ; ariko ndagira ngo mudusobanurire "GUCUMITA NI IKI?" BIKORWA BITE?

    murakoze cyane!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa