skol
fortebet

Nditegura kurushinga ariko ntabwo naciye imyeyo, mbigenze nte kweli ko numva ngo bigezweho?

Yanditswe: Friday 11, Aug 2017

Sponsored Ad

skol

FOTO:Internet
Muraho neza,
Nifuzaga kugisha Inama,
Ndi umukobwa mfite imyaka 29 mfite n’umukunzi twitegura kurushinga mu kwa gatanu 2015,ariko ikibazo mfite ni kimwe kuko ntabwo naciye imyeyo(gukuna) ,kuko ntawigeze abintoza niyonabyumvaga numvaga ko ari ibintu bya kera bitagezweho kuri ubu, niyo mpamvu ntabyo nakoze.
Ariko iyo nsomye ibinyamakuru byinshi , na za commentaires za benshi nsanga nakagombye kuba narabikoze pe.
None ndagisha inama,mbigenze nte ? ese nzayice ? ntabwo se (...)

Sponsored Ad

FOTO:Internet

Muraho neza,

Nifuzaga kugisha Inama,

Ndi umukobwa mfite imyaka 29 mfite n’umukunzi twitegura kurushinga mu kwa gatanu 2015,ariko ikibazo mfite ni kimwe kuko ntabwo naciye imyeyo(gukuna) ,kuko ntawigeze abintoza niyonabyumvaga numvaga ko ari ibintu bya kera bitagezweho kuri ubu, niyo mpamvu ntabyo nakoze.

Ariko iyo nsomye ibinyamakuru byinshi , na za commentaires za benshi nsanga nakagombye kuba narabikoze pe.

None ndagisha inama,mbigenze nte ? ese nzayice ? ntabwo se byarenze igihe ? hari indi nama se mwangira ? ese koko biracyahawe agaciro muri iki gihe ?

Murakoze cyane ku nama zanyu.Imana ibarinde

Ibitekerezo

  • nimba umugabo wawe yaragukundiye guca innyeyo uzayice kdi nimba utaramenya icyo yagukundiye uzongere ukimubaze kuko ushobora kuba utazi ibyo urimo

    Tanneramazi

    imyeyo n’iki? ni umuco w’abatemera, kuko ntabwo Imana yaremanye umugore imyeyo.

    MURAHO MWAMFURA MWE? MUNGIRE INAMANA MFITE UMUGORE ARANSUZUGURA CYAE PE? AKANTESHA AGACIRO MURYANGO N,UMUBANDI KADI TUMARANYE IMYAKA ICUMI UBU NJYEWE NAFASHE ICYEMEZO CYO KURARA UKWE,MURAKOZE.

    Ariko kweli abakobwa ni imyeyo njye muransetsa ndi umukobwa wa 27 ans
    Ariko ntamyeyo naca kbsa
    Ubwo c uyiciye ntayishimire wajya kuyicishaho?
    Ariko mubanye akakubwira ko.ayishaka
    Mu cyumweru kimwe izaba yaje
    Abantu babikora ni benshi
    Ntibagukange rwose.

    UBWONUBUJIJI WAGIZE WOWE NURUNGANORWAWE UZAREBE ABANTUBAKURU BAKUBWIRE UKO UZABIGENZA.

    humura ntakibazo kuko sibyo byubaka, uba ubifite washaka umugabo mubi mugatana till divorse cg utaba warabikoze ukubaka, don’t worry.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa