skol
fortebet

Ni ayahe mateka ya St Valentin?ko benshi bayizihiza, ese bazi icyo ivuze? Yaturutse he? SOBANUKIRWA

Yanditswe: Thursday 08, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Buri mwaka uko imyaka ihererekana tariki 14 Gashyantare ,abantu batandukanye baba babukereye ngo n’umunsi wa abakundana .Bamwe bahana impano,amakarita y’urwibutso indabo ndetse n’ibiribwa biryohera utaretse no kwohererezanya ubutumwa bugufi . Harabura iminsi mike ngo St Valentine ibe , Ese wabuzi impamvu ya St valentin ?
St valentin n’umunsi wa abakundana wahawe iryo zina n’abakristu ba “martyr”aba n’abakristu bari bafite imyemerere yo gupfira ibyo bemeraga . uyu munsi ufite (...)

Sponsored Ad

Buri mwaka uko imyaka ihererekana tariki 14 Gashyantare ,abantu batandukanye baba babukereye ngo n’umunsi wa abakundana .Bamwe bahana impano,amakarita y’urwibutso indabo ndetse n’ibiribwa biryohera utaretse no kwohererezanya ubutumwa bugufi . Harabura iminsi mike ngo St Valentine ibe , Ese wabuzi impamvu ya St valentin ?

St valentin n’umunsi wa abakundana wahawe iryo zina n’abakristu ba “martyr”aba n’abakristu bari bafite imyemerere yo gupfira ibyo bemeraga . uyu munsi ufite inkomoko I Roma .
Umunsi wa mbere wa St Valentin wizihijwe mu mwaka wa 496
Uyu munsi waturutse kumyemerere y’umupadiri w’I Roma mu kinyejana cya 3 nyuma yivuka rya yesu [yezu]kristo ,icyo gihe umwami wa abami Cladius II yari yarakuyeho gushyingiranwa kuko yatekerezaga ko abagabo bashyingiwe baba ari abasirikare babi .

Valentine yabonye ibyobidakwiye iryo tegeko araryica ntiyaryubahiriza kuko yashyingiraga abantu mu ibanga . Umwami w’abami Claudius abimenye ,yafashe Valentin aramufunga nyuma bamukatira urwo gupfa .
Ubwo yari muri gereza ,yakundanye n’umukobwa w’umucungagereza .Valentin bamujyanye ngo age kwicwa kuko yari yakatiwe urwo gupfa hari tariki 14 Gashyantare yoherereza uwo mukobwa ibaruwa y’urukundo mu izina rye agira ati ‘uwawe Valentin (from your Valentine)
Ese umunsi wa Mutagatifu Valentin watangiye ute?

Tumaze kubona ko Valentine yanditse ibaruwa kuri 14 gashyantare , akayoherereza ubwo yarajyanwe kwicwa ,Kubera iyo mpamvu uwo munsi bitewe n’ibihugu imico itandukanye uwo munsi bawufasheho urugero bitangira gukwira kwira ko ari umunsi w’ abakundanye ariko igitekerezo cyari cyaturutse mu bantu b’ I Roma .

Abantu b’ I Roma bagiraga umunsi wo gusangira bahuriye hamwe [Festival] uwo munsi bawita Lupercalia ubwo uwo munsi wabaga mu kwezi kwa Gashyantare hagati .
Batekerezagako uwo munsi ari bwo ugomba kwizihizwa. Uwo munsi rimwe narimwe bagashyingira abakobwa n’abahungu bakundana.
Uyu munsi rero wa Mutagatifu Valentin nyuma gato abakristo bawugize uwabo batangira kujya bawizihiza bibuka St Valentin [umuhire cyangwa mutagatifu Valentin]. Nuko uwo munsi uba umunsi abantu bagaragaza ibyiyumviro byabo by’urukundo. Niba wakunze umuntu kuri uwo munsi ukabivuga abandi nabo basanzwe bakundana bagashyingirwa .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa