skol
fortebet

Papa yaranshutse aransambanya antera inda aranyihanangiriza ngo sinkabibwire mama, none ubu inda ni imvutsi!Mbigenze nte ko byanshanze koko?

Yanditswe: Monday 22, May 2017

Sponsored Ad

skol

Ibigeragezo biba byinshi, gusa icyo uyu muvandimwe yahuye nacyo ni agahomamunwa!
. Yatewe inda na se umubyara . Mungire inama . Ndagisha inama . Nasambanyijwe na data antera inda . Data yanteye inda none nabuze aho nerekeza
Umukunzi w’urubuga umuryango.rw yatwandikiye atugisha inama, ariko adusabako amazina ye atashyirwa ahagaragara. Yagize ati:" Ndi umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko nkaba ndi umuhererezi mu muryango wanjye.
Umunsi umwe ubwo nari nasigaye kurugo ntetse kugirango iwacu (...)

Sponsored Ad

Ibigeragezo biba byinshi, gusa icyo uyu muvandimwe yahuye nacyo ni agahomamunwa!

. Yatewe inda na se umubyara
. Mungire inama
. Ndagisha inama
. Nasambanyijwe na data antera inda
. Data yanteye inda none nabuze aho nerekeza

Umukunzi w’urubuga umuryango.rw yatwandikiye atugisha inama, ariko adusabako amazina ye atashyirwa ahagaragara. Yagize ati:" Ndi umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko nkaba ndi umuhererezi mu muryango wanjye.

Umunsi umwe ubwo nari nasigaye kurugo ntetse kugirango iwacu nibaza bahinguye babone ikibaramira ariko papa we ntibari bajyanye uwo munsi kuko yararwaye. Ubwo rero hashiraga amasaha make bagiye najye ndi mu gikoni ntetse, papa yaje kumpamagara ngo mushyire amazi yo kunywa mu cyumba kuko yumvaga afite inyota.

Namuhaye amazi rero mpndukiye ngo nsubireyo, arampagarika ambwirako hari icyo ashaka kumbwira kandi cy’ingenzi. Nta kibazo na kimwe nabigizeho kuko sinanatekerezagako ibyo yankoreye aribyo yashakaga kumbwira. Yafashe akaboko arankurura anyicaza ku gitanda iruhande rwe, maze aratangira ati umva nkubwire rero mwana wanjye dore watangiye gukura, none rero kuko umukobwa wese ukuze agera igihe agakenera umugabo, bishatse kuvugako nawe ariho ugana.

Ati ariko burya kugirango umukobwa abone umugabo babanza kumuha umuti umuzingura kandi ndashaka kuwuguha. Mubajije umeze ute yambwiyeko kugirango umukobwa azabone umugabo aruko abanza kuryamana na se. Ubwoba bwaranyishe nshaka kuvuza induru ariko biranga biba iby’ubusa birangira ansambanyije ahita anantera inda.

Hashize amezi atatu ni bwo namenyeko nasamye, ncunga mama adahari negera papa mubwira ko ntwite inda ye na we biramuyobera ariko aranyihanangiriza ngo sinzabwire mama uwayinteye ngo kandi bishobotse nareba undi musore nyegekaho. Magingo aya rero ubu sindabwira mama umuntu wanteye inda kandi yamaze kuba imvutsi, nabuze n’uwo nayishyiraho wundi kuko sinakundaga gukururana n’abasore.

None mwo kagirimana mwe nimumfashe nabuze uko mbigenza. Ubuse mama mubwize ukuri? Ko nkomeje kubigira ibanga ese umwana we abaye akuze nazamusobanurira mbinyujije mu kuri ko se ari we sekuru? Mumbabarire mumfashe rwose ndaremerewe.

Ibitekerezo

  • Ari wowe ari so muri inkozi z’amahano gusa. Mbese yaribyaye. Ngo wananiwe kuvuza induru? Wabinanijwe n’iki se? Byumvikane ko atanagufashe ku ngufu, yaraguterese uremera😭. None ngo uragisha inama? Ese iyo udasama ubundi wumvaga kuryamana na so ukubyara nta kibazo kirimo muko? Mbabajwe na nyoko washatse nabi akanabyara nabi. Sinzi aho umuntu yakura inama akugira kuko ibyo wakoze ni ku bwende bwawe ubwo nyine n’ingaruka ni wowe ugomba kuzirengera

    Mwana w’umukobwa abenshi barakubwira ngo fungisha so kandi ntacyo birakumarira,mwagakwiye kuba mwarikiye none ntibikunze ubwo rero bwira papa aguhe ibizagufasha wowe n’umwana cyakora yakoze amahano,ntuzigere utwerera umusore inda itari iye.

    inama nakugira ni uko wabwira so ko nubwo utazabivuga azajya uguha undezo kuko umusore watwerera inda yazakoresha adn yasanga wamubeshye byaba bibi gusa mwakoze amakosa mwese

    Mwakoze amahano. Wemeye ubishaka Shaka abakozi b’Imanaa bagukorere deliverance bagusengere ugire amahoro. Ariko umwana navuka bizakubabaza kurushaho aho abandi bishimira abana Wowe uzagya wibuka ko wahemutse kuko so azaba papa w"umwana wawe Abe na sekuru. Birababaje cyane ariko ihangane usengeshe umenye Imana uyitinye.

    Mukomere munyihanganire izo ngufu zumubyeyi numwana we ubura uko avuza induru bakageza aho baryamana njye sinzibona gusa wamwana we uratangaje ukabumburira amaguru so ubwo bushake buva hehe koko, inama iruta izindi iyakire usabe imana imbabazi n’ umuryango wawe wemere ushake ibishoboka byose ubwize nyoko ukuri kuko ntutanabivuga ukuri kuzivugira umwana azaza asa naso. Siwowe 1 gusa ni ishyano kweri kweri

    Inama nabagira n’ugusaba Imana imbabazi ugakizwa ndetse na so akagusaba imbabazi ibyo yagukoreye.Erega satani atuganisha mubishuko nayindi gahunda yari afite uretse yo kubagusha mucyaha cy’ubusambanyi byarangira nyamukobwa akiyahura

    inama nagira uwomukobwa niyihangane ntakundi yabigenza gusa yegere se bajyinama yicyobakora murakoze

    Sha njye ndumva yarakuryohereje, kuko utabivuze mbere. Gusa ntakibi kibamo kuko Ushaka ku kimara ipfa arakibyarira

    Ihangane kuko wahuye n’ impanuka ikomuye pe ndibaza bibayeho nanjye sinabona imbaraga zo kuvuza induru kabisa komera wagize ibyago pe birenze uko umuntu yabivuga, gusa so ni gito, ni inyamanswa muzindi ihangane ubuzima ntiburangiriye aho; kandi koko ntuzabibwire Nyoko, Gusa so yarahemutse yakoze amahano.
    Ukwiriye kwiyakira ukumva ko ugomba kurera uwo uzabyara kandi ntuziyandarike kuba byaragenze gutyo ntibisobanuye ko uhawe umwanya wo kwifata nabi, ariko na none so ntazagire ikindi yongera kukubwira ngo ucyemere ushatse wajya umusuzugura kuko niwe wabanje kukwisuzuguza ubwo yagutinyukaga yarakubyaye. Binabaye ngombwa wamuhunga ukareba ahandi wigira wagize ibyago ariko wifashe neza ntuzabura umusosre ugushaka akakwibagiza ubugoryi bwa so.Imana ibe hafi yawe uyisabe imbabazi wihane kandi usabire uwo mwana kuko ni umuzira nenge.

    Be sorry sister

    ihangsne bibaho ark c ubwo azabihisha mama we kugeza ryari

    Inamaniriyemushikiwa.cubirababajensomyinkuruyawe.kuba.utariyandaritsengo.uzereke.ababyeyi.ibirori.twitaso.akakwicirubukwe.birababajenibikumantubike.ikibi.erura.ukurigucamuzikontigushye.nibashakebazamubohekuko.yakwangije.n.b.ntuzayigerekekuwomutaryamanye.waba.ukozikindicyaha.kumana.bwiramama.ukuri.uzagiramaho.nimana.izagukuraho.icyahakibekusogusa.kuko.abakoribyo.vubaha.bajyamumuriro.winkazi.uzajyabanzibimana.nakirsitowe.nyumvirandakuzendubatsemfite.37..nm.....,?",!..0724735352.nkoreshamesagekukonarwayemumatwi.uzanyandiki.kwinamayangeyakugiriyumumaro.hita.ubikora.ukonkubyiye..imanayomwijuru.iguhekwihangana.mushikiwacu.urakoze.

    gusa muko ihangane ipfakigabo utamena ibanga kuko ariwowe cyangwa iso mwaseba bi renze pe niba urimwiza reba ko wakishakira umugabo uve mururwo rugo sawa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa