skol
fortebet

Reba uburyo 4 umukobwa ashobora kugusomamo ndetse n’ubusobanuro bwabyo

Yanditswe: Tuesday 16, May 2017

Sponsored Ad

skol

Gusomana ni kimwe mu bintu bishobora ku kwereka uko urukundo rwanyu rumeze.Nta muntu ushobora gusoma umuntu atishimira,naho k’umukobwa gusoma umuhungu haba hari igipimo cy’uburyo akwishimira,ikibazo kimwe gikomeye umuntu gusa ashobora kwibaza ni,igipimo kingana ute cyangwa agufitiye ibyiyumviro bingana gute.
Hano hari inzira zitandukanye abagore basomanamo ndetse nicyo bisobanura.
1.Agasomyo ko ku munwa ndetse kihuse
Igihe umugore azagusoma ku munwa kandi ntatinde ibi bisobanura ko (...)

Sponsored Ad

Gusomana ni kimwe mu bintu bishobora ku kwereka uko urukundo rwanyu rumeze.Nta muntu ushobora gusoma umuntu atishimira,naho k’umukobwa gusoma umuhungu haba hari igipimo cy’uburyo akwishimira,ikibazo kimwe gikomeye umuntu gusa ashobora kwibaza ni,igipimo kingana ute cyangwa agufitiye ibyiyumviro bingana gute.

Hano hari inzira zitandukanye abagore basomanamo ndetse nicyo bisobanura.

1.Agasomyo ko ku munwa ndetse kihuse

Igihe umugore azagusoma ku munwa kandi ntatinde ibi bisobanura ko adashaka kugirana ibintu birebire wowe nawe,arabizi neza ko agusomye byimazeyo hari icyo ashobora kubura ubundi bigatuma abura kwiyobora,ari nayo mpamvu rero azagusoma agasomyo kihuse.

2.Kugusoma buhoro buhoro kandi bya nyabyo

Uku kugusoma ni kimwe mu kimenyetso gishobora kukwereka ibyiyumviro akugirira;ariko bitari ibyo gukorana imibonano mpuzabitsina ahubwo iby’uburyo agukundamo.niba umugore hari uko akwiyumvamo kwiza,ni uku azagusoma cyane cyane ku munsi wa mbere wo gusomana.

3.Kugusoma yitonze kandi igihe gito

Bivuze ko azagusoma ari n’umutima we wose ariko igihe gito,ubu buryo bwo gusomana,busobanura ikintu kimwe gusa,Aragushaka.nukuvuga ngo aba yiteguye ko wamuha urukundo ndetse rwatuma unamubera umugabo .

4.Kugusoma n’ururimi yarusohoye

Ibi byo aba ashaka kukwereka ko ubu buri icyo washaka cyose k’umukoreraho wagikora,mbese aba yaguhaye uburenganzira busesuye k’umubiri we wose.

Ibitekerezo

  • Eeeeeee! Burya se nicyo biba bivuze? Nine utabigukoreye ntabwo yaba agukunda see

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa