skol
fortebet

Umukobwa yicurije mu rusengero avuga uburyo yishe abagabo 100 harimo 70 ngo batari bazi kurongora

Yanditswe: Monday 24, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Kumyaka 36 y’amavuko indaya yitwa Katherine Obenewaa ukomoka muri Ghana, yagiye kwicuza mu rusengero nyuma yo gutangaza ko amaze kwica abagabo 100 kubera impamvu zitandukanye.
Uyu mukobwa avuga ko mubo yishe harimo 70 batazi kurongora neza aho avuga ko nyuma yaje kumenya ko ari ibitambo yatangaga kugirango arusheho kwinjiza amafaranga akuye mu buraya.
Akaba yaratangaje ko icyatumye bwa mbere ajya mu buraya ari uko ababyeyi be bari abakene ndetse bigatuma aba indaya kugirango abashe (...)

Sponsored Ad

Kumyaka 36 y’amavuko indaya yitwa Katherine Obenewaa ukomoka muri Ghana, yagiye kwicuza mu rusengero nyuma yo gutangaza ko amaze kwica abagabo 100 kubera impamvu zitandukanye.

Uyu mukobwa avuga ko mubo yishe harimo 70 batazi kurongora neza aho avuga ko nyuma yaje kumenya ko ari ibitambo yatangaga kugirango arusheho kwinjiza amafaranga akuye mu buraya.

Akaba yaratangaje ko icyatumye bwa mbere ajya mu buraya ari uko ababyeyi be bari abakene ndetse bigatuma aba indaya kugirango abashe kubafasha mu buzima bwabo.

Ndetse avuga ko yatangiye akora uburaya busanzwe ku mihanda ariko abagabo bakamukundira uburanga bwe, nyuma aza guhura n’umugore wari umenyereye mu mwuga w’uburaya mpuzamahanga ndetse atangira kumukoresha ari naho agira akamenyero mu busambanyi ndetse arushaho gukundwa ntamenye impamvu.

Nyuma uwo mugore aza kumusinyisha amasezerano yo gukorera uburaya mu bihugu mpuzamahanga ari naho yakoreye uburaya mu bihugu birenga 100 ku isi nzima.

Yakomeje avuga ko buri mugabo basambanaga yasigaga amaze kumwica ariko akibaza impamvu, gusa yashidukaga yabikoze. Mu kujya kwicuza mu rusengero yabwiwe ko byari ibitambo yatangaga kugirango arusheho gukira ndetse no gukundwa.

Atangaza ko mu buraya yakuyemo amafaranga menshi aho yarageze no muri za miliyoni nyinshi ariko nyuma agahitamo kwiyegereza Imana nyuma yo kwitekerezaho aza kwicuza ari naho yatangarije aya mabanga y’abantu yishe.

Ibitekerezo

  • KWICUZA ibyaha bituma imana ikubabarira.Ingero ni nyinshi.Pawulo yicishije umuntu witwaga Stephen;Dawudi nawe yasambanyije umugore wa Uriya,arangije aramwicisha.Nyuma imana yarabababariye.Icyangombwa ni ukwicuza ubikuye ku mutima kandi utaryarya.Nubwo bamwe batabyemera,imana yababariye interahamwe zicuje ibyaha.Erega mujye mumenya ko twese dukora ibyaha (Umubwiriza 7:20).Niyo mpamvu twese tugomba kwicuza,tugasaba imbabazi,tukareka ibyaha.Urugero,jyewe narasindaga.Miliyoni nyinshi z’abantu zirasambana.Abasirikare bica abantu benshi ku rugamba kandi imana itubuza kwica.Ahubwo ikadusaba gukunda abanzi bacu (Matayo 5:44).Abanyepolitike nabo bakora ibintu byinshi bibi.Twese tugomba gusaba imana imbabazi,tukava mu byaha.Ikibabaje nuko abihana ari bake cyane.Abanga kwihana,ntabwo bazaba mu bwami bw’imana.Iyo bapfuye biba birangiye.Ariko abihana,imana izabazura ku munsi w’imperuka,ibahe ubuzima bw’iteka (Yohana 6:40).

    HAHH!!! NONESE IBIBITAMBO BYABAG,ARIBYABAZIMU BYABAG,ARIBYIKI?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa