skol
fortebet

Umuzungu yinginze umwirabura ngo amuterera inda kubera kwishinja icyaha atakoze

Yanditswe: Saturday 01, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Umuzungu ukomoka mu gihugu cya Colombia yasabye umwirabura akoresha muri kampani ye gutera inda umugore we kuko abazungu bahemukiye abirabura.

Sponsored Ad

Peyton Wesley w’ imyaka 43 ngo yumva ari ishema kugira umwana we w’ imfura w’ umwirabura. Byatumye yinginga umugabo w’ umwirabura w’ umunyamerika ngo abimufashemo.

Tyrone DeAndre, 36 wateye inda umugore w’ uyu muzungu umukuriye mu kazi akora mu ruganda rukora sima yavuze ko yabanje kugira ngo uyu mugabo yasaze yabona akomeje kumwinginga akemera ibyo yamusabaga.

Ati “Bwa mbere nabanje kugira ngo yasaze, ariko yari akomeje. Yabwiye ko arinjye mwirabura aziranye nawe kuko numvaga umwana atarinjye uzamurera numva ntacyo bintwaye”

Umuzungu Wesley yabwiye itangazamakuru ko yahoraga inkomanga ku mutima kubera ukuntu abazungu bamaze imyaka amagana baragize abirabura abacakara babo.

Yagize ati “Nta kiguzi wabona cyakuraho icyaha cyakozwe imyaka amagana cyo kwiba umutungo w’ abirabura no kubahindura abacankara”

Wesley yumva kuba yarabyaye umwana w’ umwirabura akaba agiye kumurera bizamufasha kumva nibura muri atekanye.

Tyrone DeAndre yari amaze amezi make akora muri uru ruganda ubwo Wesley yamugezagaho iki kifuzo yari yaramaze kumvikanaho n’ umugore we.

Ibitekerezo

  • Ndatekereza ko atari ukwicuza uyu muzungu afitiye abirabura. Iyo biba ibyo abirabura bamuzengurutse ni benshi kandi batavanze amaraso nabazungu, yakabaye yarabigaragarije kuri abo. Yee, ibi nabyo byaba aruburyo bumwe, ariko aba bantu sinjya mbashira amakenga, ntampuhwe ikintu badafitemo inyungu ntacyo bakora, wapi ntibagikora ntibaba babirimo rwose. Ntabwo ari ba none profit oriented. Ntibashobora guta umwanya wabo kubintu badafitemo inyungu. Nubwo atari bose, ariko imyaka nimyaniko, amateka atugaragariza ko ntambabazi bigeze bagirira abanyafrica.

    Icyakora ntitwabura gushima ko yatuye ijambo ryo kwicuza nubwo yaba yarabikoze muburyarya biruta uwihandagaza akavuga ko ubugome afitiye abanyafrica butazashira. Nyamara turiho, ntituzashira. Tuzakomeza kubaho ndetse cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa