skol
fortebet

Umugore yafashe ingamba zo kujya aha igihano gitangaje umugabo we mugihe atagiye mukazi[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 01, Mar 2021

Sponsored Ad

skol

Ni inkuru idasanzwe, aho umugore avugako yafashe ingamba zo kujya aha igihano umugabo we mugihe yiriwe murugo atagiye guashaka ibyo barya ku munsi.

Sponsored Ad

Uyu mugore avugako, uko umugabo we yiriwe murugo azajya amusiga ibirungo(mape up) abagore bisiga mugihe birirwanye murugo kuko ntaho azajya aba atandukaniye n’umugore we usanzwe yirirwa murugo.

Muaju Tiffah wo mugihugu cya Code d’ivoir avugako yafashe uyu mwanzuro mu rwego rwo kwirinda ko uyu mugabo bashakanye yazajya amwicisha inzara.

Tiffah, ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru,Ivoir News yahamijeko uyu ari umwanzuro yafashe kugirango atazigera yicwa n’inzara kandi ngo umugabo yaramuvanye iwabo asanzwe arya atarinze yajya kuvunika ashakisha ibyo kurya.

Uyu mugore yagize ati“Ni igihano namuhaye kuko yamvanye iwacu, nsanzwe ndya ntavunitse, uko twirirwanye nzajya mutera ibirungo nawe ahinduke umugore.”

Uyu mugabo usanzwe akora akazi gaciritse mu ngengero z’umujyi wa Yamoussoukro muri Code d’Ivoir, nawe arasa nuwemeye iki gihano kuko hari amafoto menshi yagiye amugaragaza koko uyu mugabo, umugore we ari kumutera ibi birungo bikunze kwitera abagore.

Uyu mugore ufitanye umwana umwe n’uyu mugabo, ahamyako umugabo ariwe ugomba gutunga umugore kuko ari umuco barazwe n’abakurambere muri iki gihugu.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa