Nta kibi nko kuba uri umuhungu ariko mu bijyanye no gufata umurego kw’igitsina ari intambara,iki kikaba ari nacyo kintu cy’ibanze gikunda gusenya ingo z’abashakanye,aho umugore ntacyo adakorera...
Aha ni ah’abakobwa,ugize gutya uhuye n’umusore mwiza mu maranye ijoro ryose,ndetse muraryamanye;ushaka byinshi ariko ikintu cyingenzi kiri imbere muri wowe wimye agaciro,ni uko kiri kukubwira ko...