skol
fortebet

Dore uburyo bwiza 5 wateramo akabariro ubundi ugashimisha umugore wawe

Yanditswe: Tuesday 05, Dec 2017

Sponsored Ad

skol

Nkuko abakunzi bacu bakomeje kutwandikira badusaba ko twazabereka uburyo umugabo yakoramo imibonano mpuzabitsina maze umugore we akanezerwa,twubahirije ibyifuzo byanyu tubahitiramo uburyo 5 bwiza wayikoramo,ariko niba uziko uri munsi y’imyaka 18 ubu buryo ntabwo bukureba.
Urebye ahanini ingo zo muri ibi bihe zisigaye zisenywa nuko umugore yaciye inyuma umugabo we ngo agiye gushaka umukorera imibonano mpuzabitsina akishima,ari nayo mpamvu nabahitiyemo kubazanira bumwe mu buryo ushobora (...)

Sponsored Ad

Nkuko abakunzi bacu bakomeje kutwandikira badusaba ko twazabereka uburyo umugabo yakoramo imibonano mpuzabitsina maze umugore we akanezerwa,twubahirije ibyifuzo byanyu tubahitiramo uburyo 5 bwiza wayikoramo,ariko niba uziko uri munsi y’imyaka 18 ubu buryo ntabwo bukureba.

Urebye ahanini ingo zo muri ibi bihe zisigaye zisenywa nuko umugore yaciye inyuma umugabo we ngo agiye gushaka umukorera imibonano mpuzabitsina akishima,ari nayo mpamvu nabahitiyemo kubazanira bumwe mu buryo ushobora gukoresha mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina maze umugore wawe akishima,mbsese akanyurwa.

Kuko birazwi neza ko ingo ziki gihe zirara zishya bitewe nuko umugabo atazi gukora imibonano mpuzabitsina maze umugore akaryoherwa,ubwo nawe akazajya ahitamo kujya kwishakira abapfubuzi,bityo ubu buryo ngiye kubabwira ntabwo buasaba ngo ufite ingufu,oya ubu ni uburyo buri mugabo wese yakoresha uko yaba angina kose maze umugore akishima.

1.Ubu buryo burasaba ngo umugore aryame hasi agaramye maze umugabo nawe amupfukame hagati y’amaguru nuko umugore afate amaguru ye ayashyire ku matako y’umuhungu,umugore narangiza aze noneho akwinjiremo neza,ubu buryo buzatuma umugore aryoherwa ndetse n’umugabo yumve ko afite umugore neza nawe bimutere ku ryoherwa.

Ndetse bizongera bifashe n’igitsina cy’umugabo kwinjira neza cyose mu gitsina cy’umugore ku buryo kizaba kisanzuye mu gukora ibyo umugabo ashaka mu gitsina cy’umugore.

2.Ubu buryo bwo busaba ko umugore aryama ku buriri yubitse inda ariko akibuka kuzamura ikibuno ho gatoya ndetse anatandaraze ho gato,ubwo umugabo nawe icyo azakora azapfukama maze yinjize igitsina cye mu cy’umugore bitamugoye.

Ubu buryo buzatuma umugore aryoherwa ndetse atanavunika kuko imibiri iba yegeranye cyane,ubu buryo kandi waba ufite n’igitsina gito bugeregeza gutuma ushimisha umugore wawe.

3.Ubu buryo bwo noneho busaba ko umugore yunama ku gitanda,ubwo n’ukuvuga ngo agashinga amavi ku gitanda inkokora akaba arizo afatisha hasi umutwe nawo akawushyira hasi maze ikibuno kikajya inyuma,icyo gihe n’igitsina cy’umugore kizaba cyaje inyuma.

Ubwo umugabo nawe icyo azakora nta kindi ni uguturuka inyuma maze agasa nusutarara maze akinjizamo igitsina cye mu cy’umugore,ubu buryo buzafasha umugabo kwinjiza igitsina cye mu cy’umugore uko abyifuza bimufashe no kuruhura umutwe we yewe n’umugore azaryoherwa byiza kuko uzaba uri gukora mu mpande zose z’igitsina.

4.Ubu buryo bwo nubwo budakundwa gukorwa n’abantu ariko ni bwiza,ubu buryo bwo busaba ko umugore n’umugabo bahagarara maze umugore akazamura akaguru ke akagashira ku kibuno cy’umugabo ubwo umugabo nawe agahita agafata maze akagatanyura.

Umugabo nawe icyo agoma gukora nta kindi ni uguhita yinjira hagati y’abibero by’umugore ubundi agahita shyira igitsina cye aho cyabugenewe,ubu buryo buzabafasha mwembi gukora imibonano mpuzabitsina murebana amaso ku maso maze mubone n’uburyo musangira uburyohe yewe n’umugabo bizamufasha ku kwinjira mu mugore neza umubiri ku mubiri.

5.Ubu buryo bwo ni bwiza cyane,busaba ko umugabo aryama agaramye maze umugore nawe akaza akamupfukama hejuru maze akinjiza igitsina cy’umugabo mu cye,ubwo umugabo maze bagatangira akazi.
Umugabo agomba kuzajya akaoresha igice cye cyo hasi ndetse n’umugore azamuka buri uko umugabo amuzamuye nawe akiyoroshya,ndetse byagera na hagati umugabo akarekera noneho ibintu byose umugore akaba ariwe ubyikorera,ndetse umugore akazajya anyuzamo akanyonga ikibuno kugira ngo igitsina cy’umugabo gikore mu mpande zose z’igitsina cy’umugore.

Ibitekerezo

  • Muge mushyiraho n’amafoto ariko kugirango birusheho gusobanuka neza!!!!

    n muduh platique

    ujye mushyiraho nama foto kugirango turebe ubwo buryo neza

    Ibyo lionel avuga nibyo

    Mukomeze Mutwigisha

    mutwereka amafoto tureba uko bikorwa

    Mukmez kutwigisha

    muduhe namafoto

    Murakoze kutugezaho ibyo bintu bitanu ariko nshaka ko ? Mumbwira uko banyaza naho bakoza imboro

    kuki njye kunyaza byanga?

    KUNYAZA CYANE UMUGORE.NTIBYABA UMWANDA.BITEWE NARIYAMAZI MESHI

    Ndabashimiye cyane kand murakoze muhor mutugira inama murakoze cyane narumusor arik napfakujombagur arikubu ndatahuye pe

    mbwir ingen wokor kugir umar iminota 50?

    turanyuzwe!!mrc

    muragize neza cyane

    NDUMVA UBURYO BWAGATANU ARIBWIZAPE

    Mwoza muduha vidéos zijany nubwoburyo 5 bwos?

    Nkik cumugor yashir inkokor hasi arik ikibuno kikadug kugitand es nukub ufit igitand cab arigito ubund ntiyovunik umugong dor kumeng burarush?murakoz.iman iban namw.

    NSHAKA INSHUT

    NSHAKA KUBA YOUR FLOWER

    HARIHO UMUGORE UMUBWIYE UMUCE INYUMA AKUBWIRA KUMUBABAJE BIVA KUKI?

    inama zanyu ziratwubaka nimukomereze aho hama muze mutubwira kubijanye mabakobwa bari mumihango kungene basaza babo bobafasha nukungene wonezereza umugore wawe iyo muryamye

    Abana bage bahishwa amabanga yahiherereye, kubwange umuntu yajya abanza kuvuga imyaka ye akanabazwa ibibazo bimwenabimwe, kuko hariho amabikenshi mubakiribato

    *INFECTION KUBADAMU NA ABAKOBWA BURYA ZIRAVURWA ZIGAKIRA _#(+250 783 887766)#*

    Ababyeyi n`abakobwa, infection (vaginals cg urinaire) bazifashe nkindwara zakarande. Bamwe kwiyakira bikanga bitewe ningaruka zazo zirimo nko kuba usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi (ikanababaza bikabije), abazana ibintu by’umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, harabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy’imibonano.

    *Call or Whatsapp +250783887766*

    Hamwe na HERBAL MAHARANI, FATIMA, FEMININE WASH na GREEN TEA CAPSULE utandukana nazo burundu,

    Dore zimwe munyungu zo gukoresha maharani, green T C na feminine wash
    ✅ Byongera amavangingo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ubushake n’ububobere.

    ✅ Ikuraho infection urinaire cyangwa vaginale izo arizo zose kabone niyo waba warazivuje zaranze gukira.

    ✅Birinda kugira mu nda hanini (gutendera) bikanabikuraho burundu.

    ✅ Ivura ibibyimba byo muri nyababyeyi bikagenda burundu batiriwe bakubaga.

    ✅ Ikuraho burundu kubabara mu gihe cy’imihango, kubabara umugongo, ndetse ituma imihango isubira kuri gahunda.

    ✅Ituma wisubiranya vuba umaze kubyara.

    ✅ Isubiza imihango kuri gahunda kandi igatuma ubona imihango niyo waba umaze imyaka utayibona cyangwa utarayibona na rimwe.

    ✅ ikuraho ingaruka zose ziterwa na onapo

    ✅Ituma ugira uruhu rwiza.
    ✅ abantu bazana imihango yavuze irabicagagura ikaza neza.

    ✅ Iringaniza imisemburo yose y’abadamu n’abakobwa ijyanye n’imyororokere.

    ✅ikuraho ingaruka zose zo gucura.

    ✅Ikura imyanda yose ndetse na infection mu myanya myibarukiro.
    ✅ Yongera ubushake mu kubonana n’umugabo.
    ✅ ivura kubyimbagatana kwa hato na hato. call or Whatsapp + *250783887766.*
    ⬇️⬇️⬇️⬇️⬇️⬇️⬇️
    #sibyo gusa kuko tufasha n’abagabo bafite ibi bibazo bikurikira:

    ✅KURANGIZA VUBA.
    ✅ CANCELI YA PROSTATE.
    ✅KWIKINISHA NDETSE N’INGARUKA ZABYO.
    ✅INTANGA ZABAYE AMAZI CYANGWA ARI NKEYA.
    ✅UBUREMBA. Nibindi byinshii.....

    Dukorera mu mujyi wa Kigali muri Nyarugenge, Musanze na Rubavu kubari hanze yu RWANDA namwe turayiboherereza
    Call/SMS/whatsapp kuri + *250 783887766*

    ⬇️No kubatuye hanze y’uRwanda tuyibagezaho

    UFITE GAHUNDA YO KURONGORA UMUGORE KURWEGO MPUZAMAHANGA??? REKA NKURANGIRE UMUGABO UZAGUKORERA UMUTI!!! MUHE COMMENDE 0788354951 UZANSHIMIRA NYUMA WOUUUU!!!

    Murakoze haringo zimaze gusubirana kubera mwembwe

    Nagobibabyoroshye

    Kumunt`urangizavubabyagendabite?

    Ahaho nisawa

    NONESEWAMUNYAZAUTE

    Nibyiza cyane kudusobanurira murakoze

    Non ufis nini naho wokor ik?

    Inyigisho zanyu ninziza pe!

    Mu duhenamafoto

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa