skol
fortebet

Imitoma 12 irenze ushobora kwifashisha kugira ngo ugushe neza umutima w’umukunzi wawe

Yanditswe: Tuesday 23, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane ku buryo utazatekereza no kwicuza mu buzima bwawe.

Sponsored Ad

Dore imitoma irenze 12 ubwira umukunzi wawe agahita agurumana umuriro w’urukundo:

1. Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye, igihe kirekire ntikizigera kimbera nk’imyaka igihumbi.

2. Nsagwa n’ibyishimo byo kuba ndi kumwe nawe igihe cyose, kuvugana nawe, ndetse no kumva uri hafi yanjye bituma numva nezerewe mu umutima wanjye.

3. Ni wowe si yanjye narintegereje, imbaraga zinsunika zinjyana aho uri kuko kuba aho uri ntako bisa.

4. Nishimira cyane kugusoma kurusha uko nasoma undi muntu uwariwe wese kuko iminwa yawe impumurira neza nkumva nayigumana.

5. Iyo utari kumwe nanjye mbura ingingo zimwe na zimwe z’umubiri wanjye, nkumva nsigaye njyenyine ku isi.

6. Iyo uri kumwe nanjye mu mwanya mwiza nk’uyu w’umunezero, kugutekereza byonyine binzanira ibyishimo bidasanzwe, ese waba ubizi?

7. Mu gihe wumva uri wenyine, ujye ureba hagati y’intoki zawe wibuke ko ariho intoki zanjye zikwirwa neza honyine kurusha uko nazifatisha hagati y’intoki z’undi muntu.

8. Iyo nkubonye ntekereza ijuru mu gihe gito ubundi nkumva niho nibereye bigatuma ndushaho kuba hafi y’Imana kuko ariyo yakungeneye.

9. Ubuzima bwanjye nabuboneye muri wowe, kuko iyo utabaho nta buzima bwiza mba mfite kuko kubaho nkubona iruhande rwanjye binyongerera iminsi yo kurama ku isi.

10. Bavuga ko umuntu agwa mu rukundo rimwe gusa ariko njye iyo nkubonye iruhanjye utuje undebana akanyamuneza n’ubwuzu bituma nongera kugwa mu rukundo inshuro zitabarika.

11. Rimwe na rimwe mba numva umutima wanjye ugiye guritswa n’ibyishimo bivanze n’umunezero iyo nkutekereje kuko akenshi bituma mbura amahoro mu mutima wanjye.

12. Sinigeze mbasha kumenya neza ko nzagira ubuzima bw’umunezero mbukesha wowe igihe nakubonaga mu maso yanjye bwa mbere nkumva ibyishimo bitashye umutima wanjye.

Ibitekerezo

  • NI BYIZA CYANE

    dukeney iyambere muyambere

    Ese ni bihe bimenyenso umukobwa akora iyo ashaka ko mukora sex

    Yh ni byiz kuk bifash umuntu gushimisha umukunz we

    kumenya urukundo

    harinuwundiuvugangoiyombuzeijwiryaweumutimawangeurameneka

    Imitoma nimyiza cyane

    murakoze kubwamagambo meza mutugezaho aradufasha cyane.

    Yose narinyizi peee!!!!mbahe indi?

    Mbega imitoma irenzewee...

    Imitoma nisawa kbx

    Imitoma irabikora

    NJEWENEMEYEPE.

    Nivyiza caneeee nka 4 :6:7:10

    urukndo nicyi

    Hh flsh kbx

    BASHIMI YE IBIGNIRO MUTUGEZAHO MURAKOZE

    Ewn nineza kbx

    imyifato abakobwa bakunda kumuhungu

    Nimyiz san

    INDI MITOMA

    Imitoma ituma uswera umukobwa

    Ok ntanoma harumwe mwimwibagiw

    Nayah majambo wavuga iy urikumwe numukunz wabuz ic uvuga

    kwr murakoz ahubw nwoturonderer utundi kwr nkatw abasor turesh birakenew kwr by vichou love

    JEWE IGITEKEREZO CANKE NUKO NSHAKA KUMENYA AMAJAMBO YO KUBWIRA UMUKUNZI KUGIRA AMUNEZEREZE

    ndashimye kweli mengo mubishatse mwotwongera n’utundi

    murakoz cne.mumpe imitoma yo gusaba kuryamana numukobwa

    Murabagaciro pe inyigisho zanyu ziratwubaka mukomeze nizindi

    Nipfuz ko mwokomez mudushirirako nibind bifasha beshi

    Iyo mitoma ntaco ibaye ariko

    Ivyo wabimubwira umufashe ute?

    Nshakaimitomaisaba urukundo

    Mubamwateguye pee!

    ese urukundo ruri ubwoko bungahe.

    Enjoy yourselves

    UMUTOMA wa 7 urashimishij kuk watumye chr agwamonez

    Ndabashimiye cane naramubwiy mike muriyo mwatwoherereje nubu turikumwe munzu kl

    Nikuki ukundana numuntu nyuma yukwezi mugatandukana

    Imitoma usaba urukundo

    Uwakwanga nimana niya mukunda ur,icyuzuzo kinyuzuza

    Uwakwanga nimana niya mukunda ur,icyuzuzo kinyuzuza

    Kuk ushobora gutandukana nuwo muba mukundanye ?

    Urukundo rupangwa gt ?

    Ntamukunzingira nabibwira

    Ndayamanitse kbx

    Kabisa iyo niyoyo

    NDISHIMYECANE.NDIKUNVANEZERERE.NANGESHU.WANGE.NZAMUKUNDAMPAKA.IBIRENGEBIHENGAMYE

    Murakoze kyane
    Mudushakirenindimitoma kyanepee imiss you

    nshimishwa n’amagambo akomeye mbwigwa

    Birashimishije gusako twakongera uwa 13iyonkubonye urebaneza wishimye unyishimiye bitununva nunva konduwagaciro akabarinayomanvu nanj nzaguhagaciro iteka

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa