skol
fortebet

Reba uburyo 4 bwiza bwo gukoramo imibonano mpuzabitsina(AMAFOTO)

Yanditswe: Monday 15, Jun 2015

Sponsored Ad

skol

Imibonano mpuzabitsina ni kimwe mu bintu biryoha hano ku isi ariko ikibazo nuko abantu benshi batazi uburyo bayikoramo neza.Hari nabandi bizera ko imibonano mpuzabitsina mu yindi nzira atari myiza,ariko nukuri biba bibabaje kumva umuntu avuga ko gukora imibonano mpuzabitsina ko bitaryoha,Uretse ko hari n’abandi bayikunda ariko batazi uburyo bayikoramo ngo bashimishe abo bari kuyikorana.
Niyo mpamvu tubazaniye uburyo bwiza 4 bwo gukoramo imibonano mpuzabitsina ubundi ikaryoha: (...)

Sponsored Ad

Imibonano mpuzabitsina ni kimwe mu bintu biryoha hano ku isi ariko ikibazo nuko abantu benshi batazi uburyo bayikoramo neza.Hari nabandi bizera ko imibonano mpuzabitsina mu yindi nzira atari myiza,ariko nukuri biba bibabaje kumva umuntu avuga ko gukora imibonano mpuzabitsina ko bitaryoha,Uretse ko hari n’abandi bayikunda ariko batazi uburyo bayikoramo ngo bashimishe abo bari kuyikorana.

Niyo mpamvu tubazaniye uburyo bwiza 4 bwo gukoramo imibonano mpuzabitsina ubundi ikaryoha:

1.Ntiwarukwiye kunjya unjya gukora imibonano mpuzabitsina wakuyemo imyenda yose:

Ubundi niba mugeze mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina ugomba kugenda uko wambaye ubundi mu gihe mwatangiye gukoranaho,ari nako musomana buri umwe agatangira kugenda akuramo undi imyenda,ubundi mwarangiza kuyivanamo hano hari uburyo bwiza bwo gukora imibonano mpuzabitsina,mwese mugomba kwicara ubundi umukobwa akanyuza amaguru hejuru y’amatako y’umuhungu,ubwo umuhungu nawe agafata umuhungu ku mabuno ye maze akamukurura amwiyegereza maze bagatangira igikorwa bicaye.

2.Mukinishe “Masturbate”:

Niba ushaka kugira isaha yose uri gukora imibonano mpuzabitsina,icyo musabwa ni ugukinishanya mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina,ufite gufata uguhumeka kwawe kutara jya hasi igisubizo nta kindi ni ugukinishanya,gukinishanya nta kundi ni ugukora kora ku gitsina cyuwo muri kumwe.

3.Vuga mu gihe muri gukora imibonano mpuzabitsina:

Niba muri gukora imibonano mpuzabitsina wigira isoni vuga nibwo uri bwumve uryoherwa ndetse nuwo muri kumwe,nimvuga kuvuga ntugire ngo ni ukuvuga bya bindi bisanzwe,oya,kuvuga ndi mvuga ni ukuniha mu gihe muri gukora imibonano mpuzabitsina,ari nako mugerageza gusomana.

4.Umvira ibyiyumviro byawe:

Ufite kumvira uburyo ubwonko buri ku guha bwo gukoramo imibonano mpuzabitsina.Iga kwinjira muwo muri gukorana imibonano mpuzabitsina,kandi ugerageze niba uri gukora imibonano mpuzabitsina abe aribyo werekezaho ibitekerezo byawe byose ndetse wishyiremo ko nta kindi kibaho ku isi kiryoshye nk’imibonano mpuzabitsina uri gukora.

Ibitekerezo

  • Murakoze ,kiduha obama ndiza cyane

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa