skol
fortebet

Ubuhamya bw’umugabo wahuye n’uruva gusenya ubwo yatahanaga indaya imubwira ko ifite amazi maze ikamunyarira inkari zisanzwe imubeshya

Yanditswe: Saturday 10, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Aho abagabo bicaye baganira, usanga baterura ikiganiro baganira ku bagore cyangwa abakobwa cyane cyane ku ngingo yo mu buriri, ugasanga umwe arihanikiriye ati uriya mukobwa/mugore afite amazi. Aha aba ashatse kuvuga ko anyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Sponsored Ad

Iyi ngingo yo kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina usanga abagabo benshi yarababayeho nka virus, ku buryo umugabo ufite umugore udafite amavangingo usanga bimubabaza ku buryo yanamuca inyuma akajya gushaka undi ku ruhande.

Uretse ibi kandi, iyi ngingo isenya ingo nyinshi kubera kutaryoherwa mu buriri, bityo abo ingeso zokamye bagafata iya mbere bakajya kuryamana n’indaya, aha rero niho bahurira n’uruva gusenya.

Iyi nkuru ikozwe nyuma y’ubuhamya twahawe n’umugabo wahuye n’uruva gusenya ubwo yaryamanaga n’indaya ikamunyarira (inkari zisanzwe), mu gihe we yaryamanye nayo imubeshya ko inyara bihagije (amavangingo).

Yagize ati: “Njye naramubajije nti nitugera mu rugo uranezeza, ati, yego, nyibajije uburyo ibikoramo iti, njye ndanyara, nkanyonga, byose ndabizi papa! Kubera n’agacupa kari kangezemo twashatse lodge, ariko yanteye guhurwa indaya, aho kongera kugura indaya nakwiyahura nkapfa”.

Yakomeje avuga ko iyo ndaya baryamanye, aho yari yakodesheje ku mafaranga ye, ibyo yamwizezaga byose nta na kimwe yabonye ahubwo yaramwanduje ataha anuka inkari.

Ati: “ubwo twakoraga ibyo, yagezemo hagati isa nkirimo kwiyumvira cyaneeee, ngiye kumva irasakuje ngo zaje cyaneee, numva irimo kunyarira nanjye nti ndanyaje pe!! Ariko kubera umunuko zari zifite uvanze n’inzoga nahise nibaza byinshi”.

Yakomeje avuga ko uko nubwo umugore we atarasanzwe azana amavangingo, ko yari asanzwe azi ingingo yo kunyaza, ati: “naramubajije nti ibyo ukoze urabizi, aho kunsubiza,… yahise avuga ngo ko aribyo muba mwifuza se, mugihe ataje [amavangingo] ndiyeranja nkanyara izisanzwe”.

Uyu mugabo wanze ko amazina ye yatangazwa, yakomeje avuga ko ubu indaya zirisha ibintu 2, kunyara [amavangingo] no kunyonga, ariko zikabivuga rimwe na rimwe zitazi nuko bikorwa, ahubwo ari uko ziba zizi ko abagabo baba bashaka abakobwa/gore banyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina cyangwa babanezeza.

Inkari zitandukanye n’amavangingo

Ubundi kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n’umugabo. Bisonanuye rero ko hataza inkari ahubwo haza amavangingo ashyushye cyane, bikaba biryohera umugore cyane kuko biza bitewe n’ibyishimo ndengakamere aba yatewe n’uwo babikorana bitewe nyine n’uburyo abimukoreramo.

Aho amavangingo(Liquide Vaginal)) asohokera hatandukaniye naho inkari zisanzwe (urine), kuko amavangingo aza mu gihe umugore arimo gukora imibonano mpuzabitsina yaryohewe cyane, cyangwa akikinisha akagera ku rugero yumva aryohewe akamisha ayo mavangingo, naho inkari ni ibisanzwe ujya mu bwiherero ukanyara, igihe cyose ushakiye kunyara uranyara.

Kutagira ubumenyi buhagije kuri iyi ngingo y’amavangingo, nibyo bituma abasore benshi cyangwa abagabo bashukwa n’indaya zikabanduza zibabeshya ngo ziranyara amavangingo kandi ari ukubanyarira bisanzwe, kugirango bazihere amafaranga.

Kunyaza ntabwo byoroshye nko kubivuga mu rurimi.Ni ngombwa kumenya kubikora kugira ngo ushimishanye n’uwo mwashakanye, mugabo rero ufata umwanzuro wo kujya kugura indaya, uba wikururiye ibyago byinshi ndetse udasize nuwo mwashakanye.

Rubyiruko mwirinde ubusambanyi, kuko ejo ni ahanyu, uko wishoramo niko ushobora kuvanamo indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina cyangwa ku mukobwa akaba yavanamo inda atazabasha kurera umwana azabyara, ugasanga ashyize ubuzima bwe mu bibazo ndetse n’ubw’umwana azabyara.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa