skol
fortebet

Ubuhamya: ‘Ndubatse ariko maze imyaka 20 nkunda undi mugabo’

Yanditswe: Saturday 10, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Umugabo wanjye azi kunyitaho, ni n’ umwana mwiza gusa nubwo maze imyaka 20 nshyingiranywe nawe ntabwo naretse gukunda undi mugabo twari tuziranye mbere y’ uko nshingirwa.

Sponsored Ad

Umugabo wanjye dufitanye abana batatu, abakobwa babiri n’ umuhungu umwe.

Navutse ndi ikinege mu muryango wacu, ariko umugabo wanjye akunda mama nk’ aho ari we nyina wamubyaye, yahaye ivatiri mama, ariko mbere y’ uko agera kuri ubwo buzima bwiza yabayeho mu mibabaro ari umukene sinamuta.

Uyu mugore akomeza avuga ko nubwo umugabo we amukorera ibi byose ngo ntabwo bimworohera kumva umugabo we amurambitseho ikiganza, amaze imyaka 20 muri ubu buzima.

Ati “Ndacyakunda umusore twakundanye mbere, nahaye ubusugi bwanjye, akajya kwiga I Burayi, ubu ni umushoramari ukomeye hano mu gihugu cyacu”

Avuga ko mu minsi ishize yatembereye mu mujyi ahurira n’ umukunzi wa kera bongera guhana amanonero ya telefone kuva ubwo bongera guterefonana, umusore amutumira inshuro imwe ngo basohokane bihita biba akamenyero.

Ati “Nageze aho mubwira ko ntigeze mwibagirwa. Arambwira ngo nzasige umugabo wanjye musanjye twibanire”

“Yabinsabye nabitekerezaga none ubu nsa n’ uwataye umutwe. Ubishoboye angire inama yamfasha kuva muri iki kibazo”

Ibitekerezo

  • wikwibabariza umugabo niba agukunda ahubwo geregeza kujya kure yiyo nshuti ya kera kdi umwukuremo pe kuko ibyo bihira bake kbsa

    BURYA NASANZE ATACIJANA KANDI GUKUNDA IKITAGUKUNDA NINKIMVURA IGWA MWISHAMBA NKUKO UMUTIMA WAWE UGUMA WOHEREREZA GUKUNDA UWO WAMBER GIKORE UKONYENE ATARUKO UZOMENEKERA HEJURU

    Ikuremo.ibyo.nuwabyumvayakugaya.cye.kubonaumugabomubanyemumahoro.ugashakakumuhemukira.noguterabanagahinda.iyonimeroye.uzayisibe.ushoborakumusanga.imana.ikabateza.umwiryane.wariwibereyemumahoro.ukicuza.ntasoni.?ubyikuremontuzongerenokubivuga.waba.ukoze.ubugoryibubi.

    Njye ndi umugabo w’ubatse kumyaka 31 umugore wanjye turatandukanye muburyo bwo gushaka gukora imibonano akunda imboro yanjye uburyo Ari Nini kdi imuhaza kuko iyo murongora turategurana bihagije nkayimushyiramo ansaba imbabazi amazi yimena ariko ntaramba ituru yakabiri kuko intego yanjye ni uko arangiza nkabona kurangiza ikibazo we ndagiza yaciye atagishoboye tour yakabiri kuko iyambere mbamaze imita 40 munyaza mukunguta yewe nkanamunyaza n’ururimi kugirango abishake cyane nkamucumita nihuta cyane kuko iba igerayo neza ibizi bigahita byimena nanjye ngahita nyivanamo ngakunguta urusaku rukaba uburiri bukuzura amazi maze nawe ati "ndarangije chr Shaka uko nawe urangiza "njye bikamvuna kuko binsaba gutekereza abagore bavuze uko babasweye hano kuri uru rubuga maze nkarangiza numva nkibishaka kdi akaba atampa iyakabiri njye bigatuma ntashyira umushyukwe .mungire inama ese nabigenza gute ,ese nabandi bagore ntawabasha isaha cga iminota40 atange nindi turu ntashyira umushyukwe .niba hari icyo wampfasha mpamagara kuri 0729614463

    Njye ndi umugabo w’ubatse kumyaka 31 umugore wanjye turatandukanye muburyo bwo gushaka gukora imibonano akunda imboro yanjye uburyo Ari Nini kdi imuhaza kuko iyo murongora turategurana bihagije nkayimushyiramo ansaba imbabazi amazi yimena ariko ntaramba ituru yakabiri kuko intego yanjye ni uko arangiza nkabona kurangiza ikibazo we ndagiza yaciye atagishoboye tour yakabiri kuko iyambere mbamaze imita 40 munyaza mukunguta yewe nkanamunyaza n’ururimi kugirango abishake cyane nkamucumita nihuta cyane kuko iba igerayo neza ibizi bigahita byimena nanjye ngahita nyivanamo ngakunguta urusaku rukaba uburiri bukuzura amazi maze nawe ati "ndarangije chr Shaka uko nawe urangiza "njye bikamvuna kuko binsaba gutekereza abagore bavuze uko babasweye hano kuri uru rubuga maze nkarangiza numva nkibishaka kdi akaba atampa iyakabiri njye bigatuma ntashyira umushyukwe .mungire inama ese nabigenza gute ,ese nabandi bagore ntawabasha isaha cga iminota40 atange nindi turu ntashyira umushyukwe .niba hari icyo wampfasha mpamagara kuri 0729614463

    Wikora ikosa ryo guta umugabo kuko uwo waba usanze ntiyazabikubahira ahubwo wazababazwa ubuzima bwawe bwose. Kubyemera keretse mugiranye ikibazo akajya agucyurira amakosa wakoze.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa