skol
fortebet

Video: Umunyamakuru Angeli Mutabaruka wa TV1 avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga// Ariko ngo Polisi irahari

Yanditswe: Monday 09, Mar 2020

Sponsored Ad

Nyuma y’aho hari abibasiye Angeli Mutabaruka, umunyamakuru wa TV1 kur rubuga rwe rwa twetter bamutuka mu buryo bunyuranye we avuga ko ibi bimuteye impungenge kuko avuga ko abamutuka batibasira ibitekerezo bye ahubwo bamwibasira we ubwe ndetse bikaba binamuteye impungenge aho avuga ko ubuzima bwe bushobora kujya mu kaga.
Twagiranye ikiganro cyagarutse kuri ibi bibazo avuga ko afite ndetse no ku bindi binyuranye. Gusa avuga ko Polisi ayizeye ko icyamubaho cyose yamutabara.
Kurikira ikiganiro (...)

Sponsored Ad

Nyuma y’aho hari abibasiye Angeli Mutabaruka, umunyamakuru wa TV1 kur rubuga rwe rwa twetter bamutuka mu buryo bunyuranye we avuga ko ibi bimuteye impungenge kuko avuga ko abamutuka batibasira ibitekerezo bye ahubwo bamwibasira we ubwe ndetse bikaba binamuteye impungenge aho avuga ko ubuzima bwe bushobora kujya mu kaga.

Twagiranye ikiganro cyagarutse kuri ibi bibazo avuga ko afite ndetse no ku bindi binyuranye. Gusa avuga ko Polisi ayizeye ko icyamubaho cyose yamutabara.

Kurikira ikiganiro cyose twagiranye.

Ibitekerezo

  • Banza Imana ariyo wizera! Naho hari abapfuye kandi iyo Polisi ihari, yaranabimenyeshejwe! Mbere na mbere Imana!!!

    Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza

    Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza

    Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza

    Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza

    Imyumvire ikiri hasi mubaturage nicyo kibazo uri umunyamakuru knd ugomba kuvuga ibigenda nibitagenda neza
    Ntibiguce intege

    Ukuri niko kuzabatura abantu ariko abantu banga urunuka ukuri.
    Niba Angeli ufite ubwoba,senga cyane.

    bakirikiranwe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa