Iran: Abantu 9 bafite inkomoko mu Burayi nibo bamaze gutabwa muri yombi mu myigaragambyo
Yanditswe: Saturday 01, Oct 2022
Abantu bafite inkomoko mu Burayi babarirwa mu 9 bafatiwe mu myigaragambyo yo muri Irani yaraye itangiye kubera umugore wapfiriye muri gereza mu buryo butazwi.
Abantu bafite inkomoko mu Burayi babarirwa mu 9 bafatiwe mu myigaragambyo yo muri Irani yaraye itangiye kubera umugore wapfiriye muri gereza mu buryo butazwi.
kuri ubu iyo myigaragambyo imaze kugwamo abatari bake kuko yaje gufata indi ntera bitandukanye n’uko byari byitezwe.
Abashinzwe iperereza mu gihugu ubu bamaze guhagarika abantu bikekwa ko ari “abakozi b’ibigo byo mu mahanga bishinzwe iperereza”
Bamwe mu bafashwe bari mu myigaragambyo, abandi bakorera mu bwihisho nkuko byatangajwe n’ibinyamakuru by’icyo gihugu.
Iyi myigaragambyo nta kintu na kimwe cyerekana ko ishobora guhagarara, mu gihe abapfa bakomeza kwiyongera.
Yatangiriye mu murwa mukuru Tehran ihita ikwira igihugu cyose nyuma y’aho umugore w’umu-kurde, Mahsa Amini, apfiriye muri gereza ya Polisi aho yaramazi iminsi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *