skol
fortebet

Amafoto yaciye ibintu:Umugabo w’imyaka 61 amaze imyaka 4 yiyambarira imyenda y’abagore gusa ’Amajipo n’inkweto ndende’[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 21, Oct 2020

Sponsored Ad

skol

Umugabo w’imyaka 61 y’amavuko amaze imyaka ine yambara imyambaro y’umugore we, akaba ariyo aserukana ahantu hose agiye, aho akorera ho bamaze kubimenyera abatungurwa ni abamubona munzira ndetse ngo n’umugore we aramushyigikiye.

Sponsored Ad

Mark Bryan ni umugabo wubatse w’abana batatu yatangiye kwambara imyenda y’abagore hashize imyaka ine, avugako atazongera kwambara imyambaro y’abagabo kugirango ahangane n’abantu bafite imyumvire ipfuye kubijyanye n’imyambarire.

Mark Bryan ni umugabo w’umunyamerika,uba mu Budage, avugako yishimira kwambara amajipo, inkweto ndende ndetse yaba ari murugo cyangwa se mu kazi

Uyu mugabo utajya ashismishwa no kwambara imyambaro y’abagabo avugako yatangiye kwambara imyambaro y’abagore ubwo yari muri kaminuza.

Ubwo yatangiraga kwambara iyi myambaro y’abagore ngo abantu benshi ntibari bamushigikiye harimo n’umukobwa bakundanaga icyogihe.

Mark, ubu abantu benshi bamaze kumumenyera ndetse amafoto menshi asigaye ayasangiza abakunzi be kumbugankoranyambaga akoresha.

Mu irangamimerere rye, Mark yisobanura nk ‘umusore ugororotse, wishimye ukunda Porsches, abagore beza no kwambara inkweto ndende hamwe n’amajipo mu myenda ye buri munsi’.






Ibitekerezo

  • Uyu ararwaye kbs. N’umurwayi wo mumutwe.

    Kiba cyaberewe da!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa