skol
fortebet

Amashusho y’umukobwa wo muri kaminuza ari gusambana n’umusore yaciye ibintu

Yanditswe: Thursday 12, Mar 2020

Sponsored Ad

skol

Videwo y’umukobwa wiga muri kaminuza arimo gusambana n’umusore yatangaje abatari bacye ubwo yatangiraga gucicikana ku mbuga nkoranyambaga.

Sponsored Ad

Muri iyi video hagaragaramo umukobwa n’umuhungu bari muri iki gikorwa cy’urukozasoni, ariko bigaragara ko byari kubwumvikane, kandi ko kwifata iyo videwo babikoze ku bushake bwabo, gusa ntiharamenyekana uwayishyize hanze.

Amakuru aturuka kuri iyi kaminuza uyu mukobwa yigamo avuga ko uyu musore atariho yiga, ariko byumwihariko uyu musore akaba azwiho kuba yari yarabaswe n’ibiyobyabwenge ariko nyuma akaza gufata umwanzuro wo gukizwa akabireka.

Abamuzi bavuga ko yari yarahindutse rwose ingeso mbi zose yakoraga mbere yari yaraziretse, rero bakaba batangajwe no kubona videwo ye ari gusambana n’uyu mukobwa.

Kuri iyi kaminuza ngo si ubwa mbere havugwa ikibazo cy’ubusambanyi, kuko hari abandi banyeshuri baherutse gufatwa kumanywa y’ihangu bari gusambanira inyuma y’inyubako abanyeshuri bararamo.

Nk’uko urubuga rwa BBC rwabitangaje uyu mukobwa yahise yirukanwa muri iyi kaminuza, iki cyemezo kikaba kitishimiwe na bamwe mu barimu bigisha muri iyi kaminuza.

Dr Joe Abah umwarimu muri iyi kaminuza yavuze ko iyo umuntu ari mu rukundo ntacyo adakora, ko hari ubwo akora ibintu by’ubucucu abikoreshejwe n’urukundo.

Kubwe akaba abona ko kwirukana uyu mukobwa atariwo mwanzuro warukwiye gufatwa, ati:”Buri gihe twumva ko ubutabera ari uguhana, nyamara uyu mukobwa ntiyarakwiye kwirukanwa ahubwo yari akeneye abamugira inama, gusa mwifurije amahirwe yo kuzabasha kwihanganira ibihe bitoroshye ari kunyuramo.”

Uyu mukobwa bakaba yagiriwe inama ko gushyira amashusho y’umuntu hanze yambaye ubusa bihanirwa n’amategeko, ngo niba atari we ubwe washyize iyi video hanze, ikaba yarahashyizwe n’undi, abivuge kugira ngo uwayishyize hanze akurikiranwe maze abihanirwe.

Ibitekerezo

  • Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

    Ubwo se nubwo ntize itabgazamakuru murabona iyi nkuru yanyu yakozwe n’umunyamwuga? Tugomba gusoma inkuru tukabonamo ibisubizo kuri: what? Where? Who? When? None MWe inkuru yanyu irasubiza what gusa. Ubwo se abo Bantu no abo kuyihe kaminuza? Bitwa bande? Kandi ibi byabaye ryari?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa