Mu Rwanda
Amabara I: Gitifu yasuzumye ko "Igitsina cy’Umugeni" cyuzuye! Bari mu biro n’Umugabo we
Yanditswe: Monday 07, Aug 2023
Ubwo Gitifu w’umurenge yaregerwaga n’umugore wari umaze iminsi ashyingiwe ko umugabo we yanze ko batera akabariro, yatumiza umugabo akamubwira ko umugore we nta gits1ina agira, yafashe umwanzuro wo kubisuzuma kugirango amenye ufite ukuri muri aba babiri.
Yahamagaje umugore n’umugabo we mu biro maze abaza umugore niba yakuramo akamwereka umugore arabyemera ndetse akuramo imyenda yose aramwereka.
Umwanzuro yafashe n’ingaruka byaje kumugiraho nyuma ndetse n’icyo byasigira abayobozi byose urabisanga muri iki kiganiro:
Ibitekerezo
Ni amarakoko