skol
fortebet

Ibice 4 ku mubiri byagufasha kuvumbura umukobwa wakubeshye imyaka ko akiri muto kandi ashaje

Yanditswe: Saturday 28, Oct 2023

featured-image

Sponsored Ad

Ni kenshi cyane ubona abantu bakoze siporo cyangwa se bariye neza, bisize neza , muri make basa neza kuburyo utapfa kubacyekera imyaka y’ubukure.

Sponsored Ad

Abakobwa ubusanzwe nibo bazwiho guhisha imyaka yabo bakayigabanya cyane iyo hari umuhungu cyanwa uw’igitsina gabo uyibabajije.

Gusa nubwo hari abantu bameze gutyo, hari ibi ibintu bine bizabagaragaza ko bashaje ndetse batapfa guhisha, ibi bice bine nibyo bitangira kuzana iminkanyari mbere.

1.mu gahanga, uruhu rwe cyane mu gahanga hatangira kuzamo utuntu tw’iminkanyari, uzabona uturongo tubiri mu gahanga ke duhoramo noneho ubwo azaba ari guseka uzajya ubona tubaye twinshi, gusa ku muntu udashaje ntibipfa kumugaragaraho.

2. Ijosi, igice cyo ku ijosi nacyo gitangira kujya kizana iminkanyari mike mike.

3. Amaso, amaso ye akenshi atangira kuzengurukwa n’akabara ku mukara, ariko kukabona bisaba kumwitegereza cyangwa yasinzira akaba aribwo ukabona neza.

4. Ibiganza, inyuma ku ntoki ze naho hatangira guhinduka ukabona naho harakanyaraye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa