Ubuzima
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame yagiranye ibihe byiza n’umwuzukuru we muto
Yanditswe: Monday 13, Nov 2023
Perezida Kagame yavuze ko yishimiye umugoroba yagiranye n’umwuzukuru we witwa Amalia Agwize Ndengeyingoma.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Ugushyingo 2023 hagiye hanze amafoto Perezida Kagame ari kugaburira umwuzukuru we muto.
Nyuma yo gushyira hanze iyi foto, Perezida Paul Kagame yayiherekeje n’amagambo agira ati :“Umugoroba wanjye wagenze neza”
Ange Kagame na Ndengeyingoma bashyingiranywe muri Nyakanga 2019, maze ku wa 19 Nyakanga 2020 bibaruka umukobwa w’imfura, umwuzukuru wa mbere wa Perezida Kagame.Ubuheta bwabo bwavutse kuwa 19 Nyakanga 2022.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *