skol
fortebet

Dr. Mucumbitsi yavuze byinshi kuri Sitoroke, ya ndwara iherutse guhitana DJ Miller, yibasira abagabo kurusha abagore

Yanditswe: Sunday 17, May 2020

Sponsored Ad

Dr. Joseph Mucumbitsi uvurira kuri Deva Clinic iherereye Nyarutarama yaduhaye ikiganiro kirambuye ku ndwara ya Sitoroke yibasiye abantu muri iki gihe. Iyi ndwara ikaba yica ndetse ikanamugaza. Dr. Mucumbitsi yadufashije gusobanukirwa uburyo yandura, ibimenyetso byayo ndetse n’uko wakwitwara mu gihe wumvise ufite kimwe muri ibyo bimenyetso.
Utabariyemo abo iyi ndwara imugaza, buri mwaka Sitoroke yica abantu batabarika baruta kure abo malariya, igituntu na sida byica byose biteranyije.
Mu (...)

Sponsored Ad

Dr. Joseph Mucumbitsi uvurira kuri Deva Clinic iherereye Nyarutarama yaduhaye ikiganiro kirambuye ku ndwara ya Sitoroke yibasiye abantu muri iki gihe. Iyi ndwara ikaba yica ndetse ikanamugaza. Dr. Mucumbitsi yadufashije gusobanukirwa uburyo yandura, ibimenyetso byayo ndetse n’uko wakwitwara mu gihe wumvise ufite kimwe muri ibyo bimenyetso.

Utabariyemo abo iyi ndwara imugaza, buri mwaka Sitoroke yica abantu batabarika baruta kure abo malariya, igituntu na sida byica byose biteranyije.

Mu bazwi cyane mu Rwanda Sitoroke iherutse gutwara ubuzima bwabo hakaba harimo na DJ Miller, wamenyekanye akankundwa cyane mu muziki w’u Rwanda.

Dr. Mucumbitsi avuga muri miliyoni 15 barwara sitoroke muri hagati ya miliyoni 5 n’umunani irabahitana abasigaye ikabasigira ubumuga. Mu isi habarurwa abantu bagera kuri miliyoni 80 bamugajwe na sitoroke. Yibasira abagabo cyane kurusha abagore!

Kurikira ikiganiro twagiranye na Dr. Mucumbitsi Joseph.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa