skol
fortebet

Reba ibizakwereka umukobwa ufite amavangingo

Yanditswe: Friday 29, May 2020

Sponsored Ad

skol

Ubushakashatsi bugaragaza ko mu mibonano mpuzabitsina, umugore unyara (uzana amavangingo) ari ingenzi cyane, kuko utanyara yandura kandi akanduza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina mu buryo bworoshye.

Sponsored Ad

Mu mibonano mpuzabitsina, usibye no kuba kunyara k’umugore bituma iryoha kurushaho kandi ikagenda neza, ni n’uburyo bwo kwirinda gukomeretsanya ku mpande zombi mu gihe muri mu gikorwa. Ibi akaba ariyo mpamvu twagerageje kubakusanyiriza ibimenyetso ushobora kurebesha amaso ku mukobwa, ukamenya ko afite amazi mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Umukobwa ufite ku kiziba cy’inda habyimbye

Nkuko tubikesha umwanditsi J.R Ward mu gitabo cye yise “Dark Lover”, yagaragaje ko ubushakashatsi bwakozwe ku bakobwa bafite ku kiziba cy’inda habyimbye bwemeje ko 69% baba bafite amavangingo menshi.

Mu kugenzura bene uyu mukobwa umuntu yirinda kubyitiranya n’umukobwa utwite inda y’amezi make cyangwa wazanye inda kubera kunywa amayoga y’amoko menshi.

Bene uyu mukobwa, we aba afite akantu kabyimbye ku kiziba cy’inda kandi ari ko ateye, aba atandukanye n’uwo ufite inda kubera izindi mpamvu, bityo bikaba bigoye kumenya uyu mukobwa mu gihe yaba yarazanye inda kubera ayo mayoga cyangwa kubera ko atwite kandi asanzwe afite iyi y’umwimerere w’abafite amazi.

Umukobwa ufite hagati y’amaguru hafatanye

Ubushakashatsi bwakozwe hagamijwe gutunganya tumwe mu duce twa firime mbarankuru yerekeye imibonano mpuzabistina yitwa “Sex Slaves”, aho bwerekanye ko umukobwa udafite umwanya hagati y’amaguru ko ku gitanda ari nk’isumo.

Ibi ariko ubireba umuturutse inyuma kuko abenshi ubona hejuru y’amavi he haba harimo umwanya ariko we akaba aba ari ntawo afite.

Umukobwa ufite umubiri worohereye

Ubusanzwe abakobwa benshi bagira imibiri yorohereye, gusa uyu we aba afite umubiri utitira wagira ngo ni isashi irimo amazi. Bene abo bakobwa baba bafite imisemburo myinshi (Hormones) yo mu bwoko bwa “Oestrogen” itumauruhu rwabo ruhorana itoto kandi rukoroha cyane.

Umukobwa ufite ibicece kandi atabyibushye

Akenshi abakobwa bagira ibicece batabyibushye baba bafite imisemburo myinshi yo mu bwoko bwa “Insulin” ituma babyibuha. Usanga no mugihe cy’imibonano mpuzabitsina bagira ububobere bwinshi ndetse n’amavangingo menshi kubera ko baba bafite imisemburo myinshi ya Androgene na Estrogen igira uruhare mu kugira ubshake bw’imibonano mpuzabitsina.

Ubwoya bwinshi ku mubiri

Kugira ubwoya bwinshi ku mubiri bisobanura ko aba afite imisemburo myinshi. Umukobwa nk’uwo aba afite nawe imisemburo myinshi akenshi idakukunda kuburamo igira uruhare mu ikorwa ry’amavangingo aboneka mu gihe cy’akabariro. Si ngombwa ko umukobwa aba yujuje ibi bimenyetso byose ,kimwe cyonyine kirahagije kugira ngo uhite umumenya.

Umukobwa uhora akonje

Uku gukonja gutandukanye no kugira imbeho, ahubwo uyu mukobwa kabone n’iyo izuba ryaba ririkubva cyane umukoraho we ukumva wagira ngo yari muri firigo nyamara we akakubwira ko nta mbeho afite.

Ibitekerezo

  • Ese Niki mwafasha umuntu udafite ikimenyetso nakimwe muribi tubonye kugirango nawe abashe kugira amavangingo?

    Ese Niki mwafasha umuntu udafite ikimenyetso nakimwe muribi tubonye kugirango nawe abashe kugira amavangingo?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa