skol
fortebet

Huddah Monroe yavuze uburyo yoherereje igitsina cye Mama we umubyara

Yanditswe: Sunday 05, Apr 2020

Sponsored Ad

skol

Huddah Monroe, umunya-Kenyakazi utajya aripfana ku byerekeye igitsina gore n’abagabo, avuga ko kimwe n’abandi bantu bose baba muri terefone ye, ko ku nshuro nyinshi yohereje inyandiko z’urukozasoni ku bantu benshi batandukanye yibeshye.

Sponsored Ad

Ariko kuri iyi nshuro, Monroe yavuze ibintu byatangaje abashoboye kumva no gusobanukirwa kuri uyu mukobwa wigaruriye imbuga nkoranyambaga n’abagabo hafi ya bose mu gihugu cya Kenya, aho yatangaje ko yigeze kohereza nyina umubyara ifoto y’igice cye bwite cy’ibanga.

Huddah yabajijwe na Bridget Shighadi, ukunze kugirana ibiganiro n’ibyamamare bitandukanye muri kiriya gihugu akabinyuza ku rubuga rwe rwa YouTube, ati: ‘Ntabwo wari wigera woherereza inyandiko z’urukozasoni ku muntu wibeshye utabigambiriye?’ Huddah mu gusubiza yagize ati:Yego, nohereje mama. Nabikoze inshuro nyinshi kuko rimwe na rimwe nohereza ubutumwa kubantu benshi.

Namwoherereje ifoto y’igitsina (v * gina) cyanjye, ariko nyuma mubwira ko nakuye kuri inerneti, ndashimira Imana ko atabifashe nabi. Mama ni umuntu ugezweho cyane mubuzima. Ni umukobwa wa ghetto kuburyo azi byose mubuzima.

Monroe uzwiho gushyira hanze bimwe mu biranga ubuzima bwe ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko atagishaka gukundana n’abagabo bo muri Afurika y’Iburasirazuba, kuri ubu ngo akaba akundana n’umuherwe ufite imutungo hirya no hino ku Isi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa