Reba urutonde rw’abakobwa bafite ibibuno byiza kurusha abandi ku isi[AMAFOTO]
Yanditswe: Wednesday 02, May 2018
Ikinyamakuru the sun cyandikirwa mu Bwongereza cyashyize ahagaragara urutonde rw’abari n’abategarugori 10 bafite ibibuno byiza cyane kurusha ibindi. Umunyamideli w’imyaka 26 niwe waje ku mwanya wa mbere.
Ku mwanya wa kabiri haza umukobwa uzwi cyane mu biganiro binyuranye kuri televiziyo, Kim Kardashian. Ku mwanya wa gatatu hari undi munyamideli witwa Candice Swanepoel.
Icyatunguye abantu kuri uru rutonde ni uko umuhanzikazi Beyonce atigeze agaragaraho kandi nawe afite igice cy’inyuma (...)
Ikinyamakuru the sun cyandikirwa mu Bwongereza cyashyize ahagaragara urutonde rw’abari n’abategarugori 10 bafite ibibuno byiza cyane kurusha ibindi. Umunyamideli w’imyaka 26 niwe waje ku mwanya wa mbere.
Ku mwanya wa kabiri haza umukobwa uzwi cyane mu biganiro binyuranye kuri televiziyo, Kim Kardashian. Ku mwanya wa gatatu hari undi munyamideli witwa Candice Swanepoel.
Icyatunguye abantu kuri uru rutonde ni uko umuhanzikazi Beyonce atigeze agaragaraho kandi nawe afite igice cy’inyuma gikurura abagabo benshi kuri iyi si. Nick Minaj nawe uzwiho kugira amabuno akundwa n’abasore batabarika ku isi, uyu mukobwa nawe yaje ku mwanya wa 9 kuri uru rutonde.
Dre urutonde rw’abakobwa b’ibyamamare bafite ibibuno byiza kurusha abandi ku isi:
1.Kate Upton
2.Kim Kardashian
3.Candice Swanepoel
4.Imogen Thomas
5.Holly Willoughby
6.Kelly Brook
7.Karol Vorderman
8.Kylie Minogue
9.Nicki Minaj
10.Sofia Vergara
Ibitekerezo
Aba ntibazi abana bafite ikibuno baze irwanda barebe bo nukurisha amazina yabo gusa
Abanyarwanda