skol
fortebet

Imikino

Man City ishobora gukina na Arsenal idafite abakinnyi barindwi igenderaho

Umutoza Pep Guardiola atewe impungenge n’ikibazo gikomeye cy’imvune abakinnyi be bagiriye mu (...)

Hamenyekanye ukuri ku byavuzwe ko Memphis Depay yishyuriye ingwate Alves ngo afungurwe

Uhagarariye umukinnyi w’umupira wamaguru w’Umuholandi, Memphis Depay yahakanye ko uyu mukinnyi wa (...)

Hamenyekanye abakinnyi 10 bahembwa akayabo kurusha abandi i Burayi

Amwe mu mazina y’abakinnyi asimburana mu mitwe ya benshi iyo batekereje ku bakinnyi bahembwa (...)

Umukinnyi yiyahuye nyuma y’iminsi mike akoze ubukwe

Alelegn Azene w’imyaka 26,umwe mu bakinnyi bahembwa menshi muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere (...)

Rayon Sports igiye gusinyisha umukinnyi uri mu beza mu Rwanda

Ikipe ya Rayon Sports yatangiye gutekereza uko yakwiyubaka hakiri kare aho kuri ubu igeze kure (...)

Umusifuzi Mukansanga yaguze imodoka y’akataraboneka ihenze

Umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi, Mukasanga Salima yaguze imodoka nshya ya Dongfeng (...)

Declan Rice yihaye inshingano ikomeye kuri Ben White

Umukinnyi wo hagati w’Ubwongereza Declan Rice yizeye ko mugenzi we bakinana mu ikipe ya Arsenal (...)

FERWAFA yashyize hanze ingengabihe y’uko imikino ya shampiyona isigaye izakinwa

FERWAFA n’abashinzwe gutegura shampiyona bashyize hanze ingengabihe y’uko imikino iteganyijwe (...)

Muhire Kevin yahishuye umwihariko w’umutoza Frank Spittler uri gutoza Amavubi

Muhire Kevin ukina hagati mu ikipe y’igihugu,Amavubi na Rayon Sports yavuze ko umutoza Frank (...)

Dani Alves yasohotse muri gereza nyuma yo gutanga akayabo nk’ingwate

Urukiko rwo muri Esipanye rwavuze ko umukinnyi w’icyamamare, Dani Alves yatanze ingwate (...)

Vinicius Jr yaririye imbere y’abanyamakuru nyuma y’ubugome yakorewe n’abafana

Rutahizamu Vinicius Jr yabajijwe ikibazo cyijyanye n’irondaruhu muri ruhago araturika ararira (...)

Amavubi yongeye gushimisha Abanyarwanda atsinda Madagascar

Ikipe y’igihugu,Amavubi, yatsindiye Madagascar iwayo ibitego 2-0,mu mukino wa kabiri wa gicuti (...)

Myugariro Cancelo yibasiye bikomeye umutoza Pep Guardiola wamukuye muri City

Myugariro Joao Cancelo yibasiye umutoza Pep Guardiola avuga ko yavuze "ibinyoma" ku byerekeye (...)

Uwabaye umuyobozi wa AS Kigali yatabaye ikipe yari mu bihe bibi cyane

Nyuma y’iminsi 10 idakora imyitozo kubera kudahembwa, AS Kigali y’Abagabo yemeye gusubukura (...)

Umuyobozi wa APR FC yavuze ko batari ku rwego rwa Rayon Sports

Chairman wa APR FC, Col Richard Karasira, yatangaje ko abagereranya Ikipe y’Ingabo z’Igihugu na (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 11430