Bebe Cool yatangaje umwanzuro utangaje azafata Bobi Wine naramuka abaye perezida wa Uganda
Yanditswe: Monday 17, Feb 2020
Umuhanzi Bebe Cool yatangaje ko mugenzi we Bobi Wine batumvikana naramuka abaye perezida azahita azinga utwe agahunga igihugu cye kuko ngo atakwemera kuyoborwa n’umuntu wigeze kuba imbata y’ibiyobyabwenge.
Uyu Moses Ssali uzwi nka Bebe Cool unasanzwe ari umurwanashyaka w’ishyaka NRM rya perezida Museveni, yavuze ko Bobi Wine natsinda amatora ya 2021,azahita ahunga igihugu we n’umuryango we.
Bebe Cool yavuze ko atakomeza kwiyita umunya Uganda igihe cyose Bobi Wine yagira amahirwe agatsinda amatora y’umukuru w’igihugu.
Yagize ati “Ntabwo nasinze,ndashaka kubona Uganda nziza.Mu gihe tutarabona usimbura perezida Museveni,mureke akomeze atuyobore.Sinayoborwa n’umuntu unywa ibiybyabwenge kandi naramuka atsinze amatora,ndabasezeranya ko nzahita nimuka njye n’umuryango wanjye tujye ahandi.”
Bebe Cool yavuze ko aho kugira ngo ayoborwe na
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *