skol
fortebet

Igisubizo ku bagore baharenganiraga kubera abagabo barangiza vuba ndetse n’abatagira ubushake mu gikorwa cyo gutera akabariro

Yanditswe: Monday 13, Feb 2023

featured-image

Sponsored Ad

Urugo ni ikintu gikomeye aho umugore n’umugabo bakundana bakageza aho bumvikana kubana ubuzima bwabo bwose.

Sponsored Ad

Gusa uko waba wubatse kose cyangwa ibyo waba ufite byose ibyishimo byarwo biva ku buryo mu banye mu gihe cyo gukora imibonano muzabitsina.

Imibonano muzabitsina ni kimwe mu bintu Bizana amakimbirane mu rugo cyangwa se rugasenyuka burundu bitewe n’uburyo ikozwemo.

Ahanini abagabo usanga bagira ikibazo cyo kurangiza vuba bityo abagore babo bagahora bababaye ndetse banabangamiwe maze ibyishimo bikabura mu rugo burundu.

Mu kiganiro yanyujije ku rubuga rwe rwa Youtube MASENGE TV Shangazi Dativa wazanye igisubizo ku ngo zisenyuka kubera amakimbirane aterwa no gukora imibonano muzabitsina ntigende neza bitewe nuko umugabo arangiza vuba bityo ntabashe gushimisha umugore we, yagarutse ku bantu bakomeje kumushimira bitewe n’uburyo abafasha kubavura ndetse banashimira ku miti akomeje kubaha urugo rwabo rugasubirana akanyamuneza.

Yagarutse ku bagabo bamuganaga bafite ibibazo byo kurangiza vuba umugabo yaba agitangira igikorwa mu masegonda make akaba ararangije, no ku bagabo bifuza abagore babo ariko ubushake bukabura bityo bikabasenyera ingo, avuga ko yakomeje kwakira abagabo ndetse bamwe bakazana n’abagore babo bari barihebye bitewe n’igihe bamaze bafite ikibazo cyo kurangiza vuba ariko bitewe n’imiti yabahaye bikarangira bakize burundu ndetse bakanagaruka baje gushimira.

Agaruka ndetse no ku bundi bufasha aha abagore Babura ubushake mu gihe cy’imibonano muzabitsina cyangwa se abatagira amavangingo ko babafasha maze bagakira burundu.

Ku bakobwa cyangwa abagore batigeze baca imyeyo nabo Shangazi Dative arabafasha maze bikagenda neza, atanga umuti wakoresha cyangwa se waba utabishobora akabigukorera maze ukagenda wishimye umeze neza.

Akomeza aburira abamugana kwirinda abantu bakomeje kumwiyitirira bavuga ko bakorana na we ko bajya bagira amakenga bityo bagashishoza bakavugana nawe akabakoraho rikaka.

Avuga ko Atari ngombwa ko uba utuye I Kigali gusa kuko nabo mu ntara babohererza imiti kubatabasha kugera aho akorera mu mugi hirya yahahoze gereza ya Nyarugenge ugeze kuri station ya SP.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa