skol
fortebet

SHANGAZI DATIVE USHISHIKAJWE NO KUMENYA IBIBAZO BIBERA MU NGO YEGEREYE ABATURAGE ABAHA IGISUBIZO KIRAMBYE

Yanditswe: Monday 19, Sep 2022

featured-image

Sponsored Ad

MASENGE MUKAMANA DATIVE umubyeyi wahawe impano n’IMANA aba ikimenya bose mu gukemura ibibazo byo mu buriri nko kurangiza vuba ku bagabo nogucika intege, kutagira ubushake agafasha nabakobwa bataciye mu rubohero, ibi biri kw’isonga mu gusenya ingo muri iyi minsi yegereye abaturage

Sponsored Ad

Agira ngo amenye hirya iyo mu byaro uburyo ingo zubakwa nimbogamizi bakunze guhura nazo.

Ubwo yageraga mu murenge wa JABANA yaganiriye nabaturage baho bamubwira ibibazo bikunze Kuhaboneka mw’ijwi ryumubyeyi utarashatse kwivuga yagize ati" hanze aha hari ibibazo ariko abantu bari kubyirengagiza kandi aribyo bisenya ingo nawe reba umugabo yiriwe akubara ashakira imibereho Umuryango ageze mu rugo aho kugira umutegure ugasanga umugore aramushihura ngo avuye mu ndaya bagera mu buriri batera akabariro umugabo akaba ararangije ugasanga umunabi uzamukiye aho kandi icyo ni ikibazo gikwiye gukemuka".

Undi mugabo nawe agira ati" numunaniro nawo uri mu bintu bituma mu buriri bitagenda neza ariko nabagore babigiramo uruhare niba atagufashe neza mbere na mbere ubanza gupfa mu mutwe".

Mugutanga umwanzuro kuri iki kibazo shangazi Dative yavuze ko bijya bishoboka ko umugabo cg umugore abura ubushake bitewe nimpamvu zitandukanye ariho bishobora no kuvamo uburwayi.

Agira inama abantu ko bamugana abafitiye umiti abo yawuhaye birahira ubafasha kuzahura imisemburo yabo bakongera bakishima nkuko abantu benshi bamutangira ubuhamya bavuga uburyo yabafashije.

Nkuko abivuga yafashije abantu benshi banatanze ubuhamya ku rubuga rwe rwa youtube MASENGE TV Ndetse yanakemuye ikibazo cyabari hanze yigihugu bibazaga uburyo yabafasha,avuga ko abafasha mu buryo bwa courrier bwizewe.

Kubamukeneye bamuhamagara kuri +250783441825 cg aho akorera mu mugi hirya yahahoze gereza ya nyarugenge munsi ya station ya SP, KN 289 ST.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa