skol
fortebet

UBUHAMYA KUBANTU SHANGAZI DATIVE YAFASHIJE KU BIBAZO BARI BAFITE BYO KURANGIZA VUBA NO KUBURA UBUSHAKE

Yanditswe: Tuesday 16, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Masenge MUKAMANA Dative umubyeyi wahawe umugisha n’Imana imuha impano yo kuvura indwara zitandukanye ariko akenshi akaba yibanda kubibazo bikunze kugaragara mu bashakanye byo mu buriri biri kw’isonga mu isenyuka ryingo ziyi minsi.

Sponsored Ad

Masenge MUKAMANA Dative umubyeyi wahawe umugisha n’Imana imuha impano yo kuvura indwara zitandukanye ariko akenshi akaba yibanda kubibazo bikunze kugaragara mu bashakanye byo mu buriri biri kw’isonga mu isenyuka ryingo ziyi minsi.

Masenge Dative avuga ko bitewe nuko amaze gufasha abantu benshi bagenda babwirana hakaza nabandi baba bafite ibibazo byananiranye.

Umudamu utarashatse ko dutangaza amazina ye mu buhamya yahaye masenge tv yagize ati“Abenshi twakuze ababyeyi badashobora kutuganiriza ku cyijyanye nurubohero cyangwa se guca imyeyo nuwabivugaga yafatwaga nkumshizi wisoni bumvaga ari ibintu bidakwiye kuvugwa ariko maze kubaka nibwo nasobanukiwe nakamaro ko guca imyeyo, maze imyaka 8 nubatse mfite abana 3 ariko ubu nibwo ndi kuryoherwa no gutera akabariro kandi numugabo wange yarabikunze ntamuntu wigeze abinshishikariza nakurikiranye ibiganiro bya masenge bica kuri masenge tv niho namenyeye ko nange nciye imyeyo byamfasha kubaka urugo". Asoza agira inama abari n’abategarugori bataraca imyeyo ko bazamugana akabafasha.

Undi mugabo nawe utarashatse kwivuga amazina ye nawe yatubwiye ko yagiraga ikibazo cyo kurangiza vuba aho yateraga akabariro akamara amasegonda atarenga 30 mu buhamya bwe yagize ati “nahoraga nshwana numugore wange kubera twateraga akabariro igihe gito nkarangiza we atararangiza naje kujya kwivuriza ahantu hatandukanye bikantwara amafaranga menshi ntibigire nicyo bitanga naje gukurikirana ibiganiro bye kuri facebook ya dative Mukamana ndamwandikira nsanga numuntu wumwizerwa mwoherereza amafaranga anyoherereza inyunganira mirire mu ntara kandi koko nsanga birakora ubu ngubu iminota yarazamutse numugore ubu tumeranye neza’’

Shangazi Dative asoza avuga ko gufasha abantu bagakira yumva bimunejeje muri gahunda yihaye yo kubaka ingo zasenywe nibibazo byo mu buriri.

Ikigo MASENGE LIFE CENTER gikorera mu mugi wa Kigali hafi nahahoze gereza ya 1930 munsi ya station ya SP

ku kapa ka KN 289 ST cg ukaduhamagara kuri 0783441825

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa