skol
fortebet

Musanze-Rubavu: United Scholar Center igiye guhuza abifuza kwiga hanze na Kaminuza zisanzwe zibakira

Yanditswe: Wednesday 24, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ikigo United Scholar Center kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zabonewe umuti urambye.

Sponsored Ad

Ikigo United Scholar Center kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zabonewe umuti urambye.

Umuyobozi w’iki kigo Ismail Niyomurinzi ashimangira ko ikigo ayoboye cyagerageje gukuraho imbogamizi zatumaga ushaka kwiga hanze y’igihugu bimugora kubera barusahurira mu nduru bayobyaga ababyifuza bagamije indonke.

Kuri we, kuva ubu umunyeshuri wifuza kujya kwiga hanze afashwa gushaka ishuri yifuza, mu gihugu ashaka, agafashwa kwiyandikisha kandi agakurikiranwa kugeza arangije.

Ismail ashishikariza ababyeyi mu Rwanda bifuza kohereza abana babo kwiga mu mahanga kugana byoroshye ikigo United Scholar Center, kikamufasha gushakira umwana we ishuri rijyane n’ikifuzo cye kandi bifite icyerekezo.

Kwifashisha United Scholar Center ushaka kwiga hanze y’igihugu, byongera amahirwe n’umutekano ku mwana wiga, kuko akurikiranirwa hafi aho yiga, akandikishwa yewe akagabanirizwa n’ikiguzi cyo kwishyura ishuri mu buryo bufatika ugereranije n’uko byari bisanzwe.

Ibi ngo byiyongeraho gufasha umwana kubona ibyangombwa by’urugeendo nka Passport na Visa y’igihugu agiyemo kuburyo bumworoheye cyane.

United Scholar Center yabigezeho binyuze mu kugirana imikoranire ya hafi n’ibigo by’amashuri mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’uburayi, America n’Asia.

Ku babyeyi mwese mwifuza kohereza abana banyu mu mashuri yo kumugabane w’Uburayi, United Scholar Center Ltd irabamenyesha ko igihe ari iki.

Kuri uyu wa 25 Kanama 2022, turasobanurira ababyeyi n’abana babo uburyo bakoroherwa no kubona amashuri hanze, n’uburyo bwo kubafasha kandi binyuze mu mucyo.

Ni gahunda ikomereza mu Karere ka Rubavu kuwa 26 kanama 2022 n’ubundi ababyeyi n’abana babo babwirwa uburyo bakoroherwa no kubona amashuri hanze, n’uburyo bwo kubafasha kandi binyuze mu mucyo.

iyi servisi ikomeza gutangwa bihoraho munyuze ku mbugankoranyambaga za United Scholar Center .

Iki kigo United Scholar Center gifite ikicaro gikuru mu mugi wa Kigali mu nyubako ya Centenary house. Ariko bafite n’andi mashami hirya no hino mu gihugu. Akarusho ngo n’uko ubu wabasanga no mu bindi bihugu byo mu karere, ariko ibyumwihariko ugaca ku mbuga nkoranyambaga zabugenewe.

Wifuza ibindi bisobanuro wahamagara Telephone igendanwa numero:+250788307538

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa