skol
fortebet

Dore ubusobanuro n’imyitwarire y’abantu bitwa aya mazina: (Igice cya Gatatu)

Yanditswe: Tuesday 01, May 2018

Sponsored Ad

Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana ,ngo usanga izina ry’umuntu ari ryo rimusobanura ,kuko ngo iyo urebye imwe mu myitwarire iranga uwo muntu iba ihuye n’ubusobanuro bw’iryo zina. Bityo nk’uko abakunzi b’umuryango.rw bakomeje kudusaba ko twazajya tubabwira imico iranga abantu dukurikije amazina yabo, iyi niyo mico twabahitiyemo kubasobanurira iranga amwe mu mazina abasomyi bacu badusabye.
Faustin,
Faustin akunze kuba ari umuntu mwiza,ukunda urugo ndetse akagira n’inshuti (...)

Sponsored Ad

Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana ,ngo usanga izina ry’umuntu ari ryo rimusobanura ,kuko ngo iyo urebye imwe mu myitwarire iranga uwo muntu iba ihuye n’ubusobanuro bw’iryo zina. Bityo nk’uko abakunzi b’umuryango.rw bakomeje kudusaba ko twazajya tubabwira imico iranga abantu dukurikije amazina yabo, iyi niyo mico twabahitiyemo kubasobanurira iranga amwe mu mazina abasomyi bacu badusabye.

Faustin,

Faustin akunze kuba ari umuntu mwiza,ukunda urugo ndetse akagira n’inshuti nyinshi kandi akunze kuba ari wa muntu utabara,afata ibyemezo bizima ndetse akunze no kugira impano yo kunga abantu,ni wa muntu ugira urukundo kuko uwo akundanya nawe atanjya amubabaza,ikindi ni wa muntu uba yikundira ubushakashatsi akaba ari n’umunyamurava mubyo akora.

Lydia,

Ni wa muntu ushidikanya cyane,akunda gutanga ariko agatanga afite icyo ashingiyeho cyazatuma agaruza ibyo yatanze,yikundira ubuyobozi kandi ni wa muntu uhorana Morale akenshi mubyo anavuga hakunze kuba harimo ukuri,ikindi na none akunze kuba ari umunyabwenge ndetse usanga ahanini aba ari mwiza mu buryo bugaragara inyuma,mubyo akora aba yabanje kubitekerezaho buriya ikindi kintu ngo yanga umuntu umugira inama,kandi ni wa muntu ushobora gukora ibishoboka byose kugira ngo abone amahoro.

Jacques,

Ni umunyakuri akaba n’umunyamugisha,akunda isuku ku mubiri we,arangwa n’ibitekerezo byubaka,agira umurava,azi kwisobanura mu mpamvu iyo ariyo yose,gusa iyo yatangiye ikintu yakirangiza atakirangiza ntacyo biba bimubwiye,cyokoza iyo atakirangije agiharira abandi,akunze gukora neza mu mwanya arimo kandi agakorana inararibonye,ntakunda umuntu umukurikirana mu bikorwa bye kuko aba azi icyo ashaka n’impamvu agishaka.

Diane,

Akunze kuba ari umunyembaraga ku mpande zose,ikindi akunze guhirwa cyane mu ishoramari,Diana aba ari umukozi mwiza haba mu buryo bugaragara ndetse no mu butagaragara,afata ibyemezo byiza adahubutse,bitewe n’imiterere ye ituma abona umwanya mu buyobozi ndetse igatuma aba umunyembaraga,ikindi Diana aba ari umuntu ukunze gutuza cyane kandi urangwa n’ikinyabupfura.

Innocent,

Innocent ni wa muntu uba utakora ikindi kintu icyo yatangiye atarakirangiza,aba ari wa muntu ukunda ibintu byo gushushanya ndetse n’imideri,agira urukundo ndetse akagira n’ubumuntu,ikindi aba ari umunyamahirwe mubyo akora,yaba bibi cyangwa byiza,agira n’impano yo kwandika,mu byo akora byose biba bisobanutse.

Angelique,

Nawe akunze kuba ari umunyembaraga,ariko na none rimwe na rimwe akaba umunebwe,kandi na none akunze kuba ari wa muntu wihoranira Morale ibihe byose,ntabwo ari umunyabikorwa ariko ni umunyamipangu,ashobora gupanga ikintu ariko we nta kishyirire mu bikorwa ahubwo akagiha abandi ngo abe aribo bagikora,yumva yakwigenga kandi na none akunze kuba ari umushakashatsi,ikindi ahora ategereje amahirwe gusa mu bintu bye,ndetse we abayumva nibyo yakora yabikora mu nzira ze gusa.

Edmond,

Aba ari wa muntu uhindagurika mu bintu byose kubera ko ibyo akora byose ahanini biba bicuramye,ni umunyabirori,yikundira umutuzo,ni wa muntu ugira impano y’ibitekerezo bizima,ntanjya afata umwanya wo kuruhuka,agira igikundiro ndetse ahora mu butumire bwo kuryoshya ubuzima ntabwo ari ibyo gusa kuko ngo buriya agira impano yo kwiga mu buryo bworoshye.

Grace,

Aba ari wa muntu usobanutse,atumika,ucukumbura yewe akaba ari n’umunyamutima ariko agakunda gukinishanya ndetse no gutanga inama,atekereza byihuse kandi neza,abika ibanga kandi akagira n’impano y’ubushoramari,ikindi aho ari hose aba ashaka kwigaragaza ngo bamubone abinyujije mu bwenge bwe afite.

Charles,

Ni wa muntu ukunda gusabana n’abandi kandi ugira inshuti nyinshi ariko na none akagira amarangamutima,agira amagambo meza ndetse akaba na nyirabayazana w’ibintu bishobora guteza ikibazo,igihe kimwe ntabwo yihangana,nawe ni wa muntu uba ushaka kwigenga ndetse uba anashaka gukora ibintu mu nzira ze nta w’umuyoboye.

Rosine,

Muri we arangwa n’itegeko kuko aho ari aba ashaka ngutegeka,iyo yatangiye ikintu atuza ari uko akirangije,agira imbabazi kandi akishimira gufasha ikiremwamuntu,ni wa muntu ushabutse kandi urangwa n’umutima mwiza,ikindi kandi ni wa muntu wizerera mu itegeko,umwanya ndetse no kugaragara neza mu bandi biba ari ingenzi kuri we,kandi ahora ashaka uburyo bwose abandi bamwiyumvamo ikindi kandi agira impano yo kwishakira icyerekezo.

Christian,

Christian nawe agira imyitwarire nkiya Charles,kuko ari wa muntu ukunda gusabana n’abandi kandi ugira inshuti nyinshi ariko na none akagira amarangamutima,agira amagambo meza ndetse akaba na nyirabayazana w’ibintu bishobora guteza ikibazo,igihe kimwe ntabwo yihangana,nawe ni wa muntu uba ushaka kwigenga ndetse uba anashaka gukora ibintu mu nzira ze nta w’umuyoboye.

Aimable,

Amiable ni umuntu ugira ibakwe mubyo akora, ariko kumusobanukirwa birakomeye. Yewe n’abantu babona ari umuntu udasanzwe uhorana udushya. Bishobora kuba biterwa n’uko Aimable adakunda kuvuga ibimurimo, ntiyapfa kukubwira icyo agutekerezaho cyangwa ngo apfe kukugisha inama ahubwo ibye arabyimenyera byaba ari ibibazo akabyikemurira.

Agira umutima woroshye cyane ariko akabihisha akigira nk’utabyitayeho cyangwa akanaguseka. Kugirango yikure mu isoni cyangwa aterekana amarangamutima ye Aimable akoresha gusetsa cyangwa kwigira nk’utamenye ibiri kuba. Iyo hari umuzanyeho amahane ahitamo kumuhunga kuko yanga gushyamirana n’abantu no kurwana.

Irène ,

Irène ni umukobwa cyangwa umugore ugira amarangamutima menshi n’umutima woroshye cyane kandi ahangayikira umuryango we cyane n’urugo rwe iyo arufite. Agira ibakwe, akunda akazi, ashaka kwigenga aba ashaka gukura vuba agahabwa inshingano. Irene akunda amahoro kuburyo ashyiramo imbaraga zose ngo abantu bose babane neza. Irène ababara vuba ariko ntago agira inzika, iyo agize umujinya n’uburakari yihutira gusaba imbabazi no gukora iyo bwabaga ngo agarure umwuka mwiza hagati ye n’abandi.

Donatien,

Donatien agira igitinyiro, aracecetse cyane kandi agira ibakwe mubyo akora. Icyakora arahindagurika mu myitwarire ye kuko rimwe aba yishimye, asahinda afite inkuru nyinshi, ubundi ugasanga arakonje, afite amagambo macye, aterekana ikimurimo kandi agacana intege.

Donatien kandi yanga ikintu cyose cyamuzirika, yirata ibyo amaze kugeraho kandi azi guhanga udushya. Ni umunyabwenge cyane kuburyo ashatse yakwiga akaminuza akagera kure cyane.

Nyuma yaya mazina tukaba tubijeje ko tuzajya tubasobanurira imyitwarire y’andi mazina muzagenda mudusaba ko twabasobanuriraho, ahanini usanga ngo 90% y’imyitwarire y’aba bantu iba ihura n’ubu busobanuro.

Martin MUNEZERO

Ibitekerezo

  • nuko nanjye mwansobanurira izina ryanjye abdoul

    ndashaka munsobaburire izina annick

    Ubusobanuro burambuye bw’izina lucien

    murize ALINE NTA EMILE M’URUKUNDO rwabo

    munsobanurire cyomoro belize lavi siter

    Mutsobaurire Pacifique . Phanny&fani

    Mutsobaurire Pacifique . Phanny&fani

    Claude Mwashobora Naryo Kurinsobanurira?

    kubera iki mutaduhereza ubusobanuro bw’a yadema, mutoni na ngabire

    Muzadusobanurire straton

    Muzadusobanurire izina Patrick

    Mwansobanuriye Denyse n,ibimuranga mu buzima busanzwe cg mu rukundo

    Muzadusobanurire izina Chris na Patrick

    ubusobanuro bw’izina Innocent buranshimishije

    Muzadusobanurire ubusobanuro bwizina Antoine kdi turabakunda

    muzadusobanurire Valerie cg Gilbert icyo bisobanura

    Muzadusobanurire Eric muzaba mukoze

    Munsobanurire izina Vestine ,valens

    Munsobanurire izina bitadenyse

    Unsobanurire izina denyse

    mudusobonurire ubusobanuro bqizina scovia

    Muzansobanurire izina Theoneste

    Mudusobanurire izina scovia

    Munsobanurire Izina Jean Baptiste

    Happy new year ndashakako mudusobanurira sandrine

    Ubusobanuro bwa sandrine

    Izina Moise,Maurice na Naomi muzayansobanurire

    mujye muduhuriza amazina

    Muzadusobanurire Izina Arbine

    munsobanurire izina norane

    munsobanurire

    Munsobanurire izina Vestine

    Ndashako munsobanurira amazina JUNIOR na MORGAN; muraikoze

    Wamuzarinsobanurire

    MUNSOBANURIRE IZINA BONIFACE

    muzadusobanurire izina fiston

    Muzasobanurire izina simplice nimyitwarire yabo

    Nanone muzampe imyitwarire yabantu bitwa Sandrine

    Murakoze!!!!

    Muzasobanurire izina simplice nimyitwarire yabo

    Nanone muzampe imyitwarire yabantu bitwa Sandrine

    Murakoze!!!!

    Muzadusobanurire janvier na chantal.

    Nitwa umutoni mwazambabariye mukansobanurira izina Helga nibimuranga murakoze

    iradukunda

    Murakoze muzansobanure dieudonné

    Umuzansobanurire izina Marianne

    Murakoze

    Mwadusobanurira aya mazina: Giblia, Albine na Jelise

    akenci nakenci usanga izina ry’umuntu rihura nimyitwarireye nkange nasanze izina ryange rihura nimico yange

    Muraho neza nshuti dukunda turi benshi! Nange nagira ngo muzansobanurire izina Marceline! murakoze.

    Mwazadusobanuriye izina doroth

    Mutugezeho immaculee

    turash iubusobanuro bwizina boaze

    nifuzaga ko mwasobanurira oneill icobifuze

    Ndifuza ko mwansobanurira izina Tiran

    Muraho neza!!nitwa Chantal .
    Mwazansobanuriye izina narada

    Nitwa Uwamahoro

    Umutoniwase carine

    Mwiriwe nabasbaga ko mwazambwira Ibiranga umuntu witwa alliance nubusobanuro bwaryo murakoze

    Mwaramutse narango muzasobanurire izina Nisia

    Ndashaka ko mwazansobanurira izina "valentin"

    Nanjye ndashaka ko mwazansobanurira izina "valentin"

    twifuzagako ubutaha mwazadusobanurira aya mazina
    1.Samson
    2.goreth

    murakoze cyane arko victor sinamubonye

    Ubusobanuro bwizina julia

    Ndabinginze muzansobanurire every murakoz

    Ndabinginze muzansobanurire every murakoz

    Ndashaka ubusobanuro bwizina clevis

    Murakoze imana ibahe umugisha.nukuri niko usanga akensh ariko bimez ubushakashatsi bwanyu buragahoraho munsobanurire izina

    mwazansobanuriye izina JEAN PIERRE

    Mwampa izina gomez

    Mwansobanuriye izina Dimitri na Joselyne murakoze

    Munsobanurire izina Bright na Wellars

    muzasobanurire Adelphine murakoze

    I’m senior 3 student, but I’m so gratefull about the meaning of Aimable as my name.thank you too. I like journalism.

    Mwazansobanuriye Win, Chania, Rose muzaba mukoze

    Munsobanurire izina Claude

    Munsoba nurire jemima

    Mwiriwe meza munsobanurire uzima sophie

    Mwansobanuriye izina sophie

    Mwasobanuriye brando

    ndashaka ubusobanuro bwizina claudia murakoze kand muradufasha cyane pe!!

    Muzatsobanturire. Izina. Martha. Na Eric

    Wabona gute starttime

    Wabona gute starttime

    Ndasaba ko mwansobanurira izina
    Muhongerwa Icyo risobanuye
    Murakoze

    Nasabaga ko mwansobanurira izina
    Muhongerwa Icyo risobanuye
    Murakoze

    Munsobanurire izina Theodette

    Munsobanurire izina Alice

    Ni umuntu witonda

    Musobanurire izina jamvie

    Kuki mutavuga kumazina yikinyarwanda? Abafite imigani minshi kandi bikaba kwiga umuco wacu!! Seriously

    nshaka ubusobanuro nimyitwarire yizina ryanjye

    Nitwa Dismas ndashaka ko mubwira ubusobanuro bwizina dismas nicyo akunda nibyo yanga.

    Musanze Rwanda

    muzansobanurire izina Belyse

    muzansobanurire izina fiston nibyo akunda nibyo yanga

    ndashaka ko mwabwira ubusobanuro mwizina ryarye

    Nshaka munsobanurire izina fidèle, nolia

    Muzansobanurire izina Eodia

    Nimusobanurire amazina yange

    munsobanurire aya mazina :Theophile,afissa,kevine,olive,alice,Dieudonne, Sandrine

    Munsobanurire izina Leonie

    Munsobanurire izina Leonie

    Munsobanurire izina Leonie

    Munsobanurire izina Phocas

    kunsobanurira izina evode

    Muzadusobanurire izina"Seth"ni imyitwarire yabo.

    turabakunda ark muzansobanurire izina Morella please ndarishaka cyaneeeee peee

    Munsobanurire izina Lorenzo

    Ni
    twa Chantal Uwambajimana
    Muzansobanurire izina Briton

    Ni
    twa Chantal Uwambajimana
    Muzansobanurire izina Briton

    Ni
    twa Chantal Uwambajimana
    Muzansobanurire izina Briton

    Nitwa Phocas NGABO
    Muzadusobanurire izina "Phocas"

    Muzatsobanurire ijyozina

    Nabasabaga ko mwansobanurira izina "vedaste " icyo risobanuye n’imyitwarire ibaranga

    Ndanyuzwe cyane nubusobanuro mutugejejeho ariko mumfashe na none mumper imyitwarire yabitwa Josette n’a Fridolin

    Kuringe ntago nisobanukiwe ndashaka kumenya imyitwarire yaba divine

    Muzadufashe mudusobanurire Irene w’umuhungu

    Ubusobanuro bwizina mutoni

    muzasobanure Obed ubutaha

    Kumenya imiterere yizina ryange

    Muzadusobanurire izina goreth

    Muzadusobanurire izina goreth

    Muzansobanurire
    Ezra, Ruth, prence.

    Musobanurire izina Drocella nimitere yaryo

    musobanure izina tresor

    Muzansobanurire izina consolee na butera

    Musobanurire izina Kenzo

    Nshaka ko muzambwira ubusobanuro bwizina Eulade icyo risobanuye

    Muzansobanurire egidie na emeriene hamwe na Gloriose

    Wagirango muba mwaganirije umuntu kabisa

    Izina trezor

    izina joselyne

    Nshaka kumenya ubusobanuro bw’izina ryange

    Ubusobanuro bwizina ryajye

    thierry mugishinwa

    Nifuza kumenya ubusobanuro bwizina rehema nizina sumaya
    - -

    Kutsobanurira izina cyusa

    Nshaka kumenya uko izina anisie risobanura

    Muzansobanurire izina Imran.murakoze

    Nifuza ko mwazansobanurira izina ryanjye Diogene

    Munsobanurire izina pelagie hamwe na besto bisobanura iki?

    Munsobanurire Iziba Emmerance

    Munsobanurire imyitwarire

    Ibimuranga

    Musobanurire aya mazinaKelsey NA Keagan

    rwanda, western province; rubavu

    Meiriwe nitwa NDUWYEZU damascene ndifuzako mwansobanurira icyo asobanuye murakoz

    Ndifuza ko mwarinsobanurira

    Ubusobanuro

    Muzansobanurire izina Oscar

    NUKUMENYA KANDI NGASOBANUKIRWA AMAZINA GOSE

    Muzadusobanurire izina Seth

    ubusobanuro

    MUMPE UBUSOBANURO BWIZINA "GODANCE"

    Shaka ubusobanuro

    Narinipfuj ko mwasobanurir iryozin "Desire"

    Muzadushakire ubusobanuro bw’izina yakini

    Mwiriwenez ndashakako munso banurira izina umurerwa

    muzadushakire ubusobanuro bwizina winner, worthy , blessing

    muzadushakire ubusobanuro bw’izina winner, worthy, blessing

    muzadushakire ubusobanuro bw’izina winner, worthy, blessing

    muzadushakire ubusobanuro bw’izina winner, worthy, blessing

    Muzansobanurire izina chanceline

    Muzasobanurire izina muhoza donatira

    Nukuri turabashimira cyane ubutaha muzaduhe ubusobanuro bw’izina Promesse, Murakoze

    Komwazansobanurira Elissa nibimuranga hamwe nibyo akunda

    Ndashaka kumenya ubusobsnuro bw’izina Elissa nibyo akunda nicyo yanga

    mwansobanuriye izina SHUKURU

    Ndashaka kumenya ubusobanurobw,izina Gervais nibyo akunda nibyoyanga

    Munsobanurire kellia

    Ndabasaba ibisobanuro bya Chantal, Ines, Chanelle, Chris na Christa

    mudushakire nizina stephano mutubwire turabakurikiye

    Muzansobanuri y’verry nukuri muzaba mukoze🙏

    Musobanurire izina leoncia, Janet,nawome na kwine murakoze

    Musobanurire izina leoncia, Janet,nawome na kwine murakoze

    NDASHAKA KUMENYA UBUSOBANURO BW’IZINA "VIATEUR" N’IMYITWARIRE

    Kumemenya insobanuro y’izina ryanje

    nshaka ubusobanuro bwizina Evode

    Shaka kumenya ubusobanuro bwi izina shine

    Muzansobanurire Dieudonne. muzaba mukoze cyane.

    Muzansobanurire izina Mariys

    Izina Renia muduhe ubusobanuro bwaryo

    Muduhe ubusobanuro bwizina Renia

    Ndashaka mumpe ubusobanuro bwizina Renia

    nagomba musobanurir goldie

    Ubusobanur bw’ izina seraphine

    Nitwa sabine ncakakumenya ubusobanuro bwizina ryanjya n’imyitwarire

    Bisobanuye III?

    Ndashaka kumenya izina ryanjye nimyitwarire

    Murshimirwa uburwo mwitanga muka dusobanurira

    Ndashaka ubuobanuro bwa Diogene

    Nashaka munsobanurire salvator

    Ndashaka kumenya ubwo sobanuro bwa fillette

    Kelly insiguro mukirundi

    Ndashaka munsobanurire izina etienne

    Ndashaka ko muzansobanurira izina egie nayanike nagoni namuhoza

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa