skol
fortebet

"Abakono" bari kwirukanwa mu buyobozi barazira "inama yo mu Kinigi" gusa cyangwa hari ibindi?

Yanditswe: Wednesday 09, Aug 2023

featured-image

Sponsored Ad

Dosiye y’Abakono n’Umutware wabo Kazoza yari yabanje guhera mu mbabazi ubu igeze mu mahina!

Sponsored Ad

Ariko se, Abayobozi bari kwirukanwa koko barazira kwitabira inama yo mu Kinigi? Ese koko niba ibyo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu avuga ko basanze mu Majyaruguru aribyo baba ari Abakono gusa? Iyi Dosiye irerekeza he?

Ibi byose n’ibindi bibazo byose ushobora kuba wibaza urabisanga muri iki kiganiro:

Ibitekerezo

  • Itoroshi itungwe no ku Musezero wa Gisozi ya Kigali (Amarembo), aho Umudamu arara adusakuriza bugacya, ku buryo tutagisinzira. Twumvise ko yirirwa aryamye, bwakwira akarara avuga, akazinduka avuga. Twe duturanye n’igipangu batuyemo turabangamiwe cyane, Bayobozi bacu dukunda mudufashe kubona umutekano.
    Igiteye inkeke, nuko byinshi mubyo bavuga afatanyije n’uwo twumvise bita Aloys, baba bibasiye nyiribyondo, guhera mu cyumweru gishize, batangiye kurara bahamagara abantu ngo baze bice nyiribyondo, bamukureho, cyane cyane uwitwa Aloys mu mu ma saa 5 z’ijoro, no mu rukerera.
    Ntidusebanya, ushaka kumenya byinshi ajye muri MTN yumve ibyo bavugira kuri telefoni zabo, biteye ubwoba.
    Ababishinzwe bahagurukire iki kibazo hakiri kare, kuko uwitwa Aloys we ahamagarira abantu kwica nyiribyondo nkurimo kogeza umupira! Amagambo nkaya ntakwiriye kuba akivugwa mu Rwanda rwashyize imbere ubumwe, ubwiyunge no koroherana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa