Opinion
Ntabwo ikibazo ari inama y’"Abakono" gusa! Byinshi utamenye
Yanditswe: Thursday 10, Aug 2023
Ibiri kuba mu Turere tw’Amajyaruguru kubishyira byose ku nama y’"Abakono" n’Umutware Kazoza bimitse waba wirengagije ko n’iyo nama ubwayo kugira ngo iterane bikunde cyari ikindi kimenyetso!
Hagati aho kuvanga ibyo mu muco nyarwanda wari usanzwe n’ibyo muri Repubulika yazanywe n’Abanyaburayi nabyo biracyari ikibazo! Bipfira he? Tubane mu kiganiro #Akarayifumbwe
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *