skol
fortebet

Amasezerano ya Pasika-Rev.Nibintije

Yanditswe: Thursday 09, Apr 2020

Sponsored Ad

Nshuti ya NEMI,
Soma:1 Abakorinto 15:50-57
Pasika ni igihe cy’amasezerano yuzuzwa ndetse nategerejwe gusohora rimwe mu iherezo n’uko abizera nk’umucunguzi bazanyura mu muzuko (yohana 5:25).
Intsinzi ya Kristo hejuru y’urupfu yatumye intsinzi yacu ishoboka hejuru y’urupfu.
Igihe Uwiteka azagarukira,abapfiriye muri Kristo bazumva ijwi rye ndetse kandi bazagaragara bava mu bituro byabo,buri roho izakura ingofero yinjira mu ijuru izaburira mu mubiri udapfa. Ikindi,abizera bazatura mu nzu (...)

Sponsored Ad

Nshuti ya NEMI,

Soma:1 Abakorinto 15:50-57

Pasika ni igihe cy’amasezerano yuzuzwa ndetse nategerejwe gusohora rimwe mu iherezo n’uko abizera nk’umucunguzi bazanyura mu muzuko (yohana 5:25).

Intsinzi ya Kristo hejuru y’urupfu yatumye intsinzi yacu ishoboka hejuru y’urupfu.

Igihe Uwiteka azagarukira,abapfiriye muri Kristo bazumva ijwi rye ndetse kandi bazagaragara bava mu bituro byabo,buri roho izakura ingofero yinjira mu ijuru izaburira mu mubiri udapfa. Ikindi,abizera bazatura mu nzu itarubatswe n’intoki itazashira yo mu ijuru (2 abakorinto 5:1).Ni muri ubwo bwato abana b’Imana bazakwiramo neza kubw’icyubahiro cyayo.

Iyo ndi kwigisha kuri uwo mwandiko nkunda kwibaza uko tuzaba dusa?

Gusubiza icyo reka dutekereze kuri Kristo ;ku nkengero z’inyanja n’abigishwa be bakurikiye umuzuko(yohana 21:1-14).

Yohana uhamya iki gikorwa yagize ati "abagabo 7 ntibahise bamenya Yesu ako kanya ,Data niwe wenyine baganiraga iminota mike ,bamenye Imana yabo nubwo babonaga ari ibisanzwe,yari yarahindutse mu magambo;yari umunyacyubahiro

Abizera nabo bazahabwa,imibiri yera (2 abakorinto 15:42-43) ntago dushaka gutangirwa n’igihe ,umwanya cyangwa impamvu .

Nta kintu gishobora kuduhagarika mu gukorera Imana mu bushobozi bwacu bwose.

Imana ibahe umugisha!

Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)
[email protected]
+14123265034 whatsap

Ibitekerezo

  • PASIKA ni umunsi ukomeye cyane mu madini menshi.Bayizihiza ku Cyumweru buri gihe.Ikabibutsa "Izuka rya Yezu".Gusa ntabwo bihuye nuko Bible ivuga.Icya mbere,Bible ntabwo idusaba kwibuka "izuka rya Yezu",ahubwo idusaba “kwibuka URUPFU rwe” nkuko 1 Abakorinto 11:26 havuga.Icya kabiri,Bible ivuga itariki nyayo yo Kwizihiza Pasika.Ni le 14 NISAN (muli Calendar y’Abayahudi) nkuko Kubara 28:16 havuga. Yezu n’Intumwa ze,bizihije Pasika le 14 Nisan mu mwaka wa 33,ariwo munsi yapfuye.Yezu ntabwo yadusabye kwibuka "izuka rye”,ahubwo yadusabye kwibuka URUPFU rwe. Kwizihiza Pasika ku Cyumweru,ni abantu babishyizeho,mu mwaka wa 325,muli Concile de Nicee.Bitandukanye nuko Bible idusaba kwizihiza URUPFU rwa Yezu,le 14 NISAN.Nkuko Matayo 15:9 havuga,gukora ibintu bidahuje n’uko Bible ivuga,bituma Imana itakwemera. Uyu mwaka,le 14 NISAN 2020,yahuye na le 07/04/2020,kuli Calendar dukurikiza y’Abaroma.Igihe Abayahudi bizihizaga Pasika yabo,nibwo Abakristu nyakuri nabo bizihizaga Urupfu rwa YEZU,isaha ya nimugoroba nkuko YEZU yabigenje n’Intumwa ze.

    PASIKA ni umunsi ukomeye cyane mu madini menshi.Bayizihiza ku Cyumweru buri gihe.Ikabibutsa "Izuka rya Yezu".Gusa ntabwo bihuye nuko Bible ivuga.Icya mbere,Bible ntabwo idusaba kwibuka "izuka rya Yezu",ahubwo idusaba “kwibuka URUPFU rwe” nkuko 1 Abakorinto 11:26 havuga.Icya kabiri,Bible ivuga itariki nyayo yo Kwizihiza Pasika.Ni le 14 NISAN (muli Calendar y’Abayahudi) nkuko Kubara 28:16 havuga. Yezu n’Intumwa ze,bizihije Pasika le 14 Nisan mu mwaka wa 33,ariwo munsi yapfuye.Yezu ntabwo yadusabye kwibuka "izuka rye”,ahubwo yadusabye kwibuka URUPFU rwe. Kwizihiza Pasika ku Cyumweru,ni abantu babishyizeho,mu mwaka wa 325,muli Concile de Nicee.Bitandukanye nuko Bible idusaba kwizihiza URUPFU rwa Yezu,le 14 NISAN.Nkuko Matayo 15:9 havuga,gukora ibintu bidahuje n’uko Bible ivuga,bituma Imana itakwemera. Uyu mwaka,le 14 NISAN 2020,yahuye na le 07/04/2020,kuli Calendar dukurikiza y’Abaroma.Igihe Abayahudi bizihizaga Pasika yabo,nibwo Abakristu nyakuri nabo bizihizaga Urupfu rwa YEZU,isaha ya nimugoroba nkuko YEZU yabigenje n’Intumwa ze.

    Pasika itwibutsa KO Hari uwabambwe kubwacu kdi ko yatuzukiye none se twabuzwa Niki gukurikira uwo watanze ubugingo bwe kubwacu. Imana ikomeze kubongerera Ijambo
    NEMI tv turabakunda cyane.

    Mubyukuri pasika itwibutsa byinshi kuri yesu kristo mukuzuka kwe nkuko bigaragaza ko twese tuzanyura mu urupfu maze twongere tuzuke tuzukira ubugingo buhoraho kubakoze neza ubwo abatarakoze neza nabo murabyumva .nkomeza gushimira NEMI TV ku ijambo ry’Imana yaduteguriye itwibutsa pasika, mwese nkaba mbifuriza pasika nziza

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa