skol
fortebet

Ubwenge budufasha mu buzima bwacu bwa buri munsi-Rev.Nibintije

Yanditswe: Tuesday 21, Apr 2020

Sponsored Ad

Nshuti Ya NEMI TV
Menya byinshi kubijyanye n’ ubwenge budufasha mu mibereho yacu ya buri munsi. Kugira ubwenge Ni amahitamo yawe ntabwo ari kibazo kireba Imana kuko ye yarangije kubugushyira imbere.
Kurikirana iyi nyigisho kuko yuzuyemo ubwenge nyiri zina.
Imana iguhezagire Muvandimwe !!!

Sponsored Ad

Nshuti Ya NEMI TV

Menya byinshi kubijyanye n’ ubwenge budufasha mu mibereho yacu ya buri munsi. Kugira ubwenge Ni amahitamo yawe ntabwo ari kibazo kireba Imana kuko ye yarangije kubugushyira imbere.

Kurikirana iyi nyigisho kuko yuzuyemo ubwenge nyiri zina.

Imana iguhezagire Muvandimwe !!!

Ibitekerezo

  • Ibyo Pastor avuga nibyo.Imana yaduhaye UBWENGE bwo "kwihitiramo ikiza n’ikibi" (Free will/libre arbitre).Ariko irongera iratuburira iti:"Nuhitamo gukora ibyiza,uzabaho iteka.Ariko nuhitamo ikibi,uzabura ubuzima bw’iteka".Ikibabaje nuko guhera kuli ADAMU kugeza uyu munsi,abantu nyamwinshi bahitamo gukora ibyo Imana itubuza.Ndetse kenshi ikibi bakakita ikiza.Urugero,reba millions z’abantu basambana,bakabyita ko "bari mu rukundo".Nyamara Imana ibitubuza.Reba intambara zuzuye mu isi.Abazirwana ndetse n’abazitegura,bakabyita ko ari intambara ntagatifu,kandi Imana iri ku ruhande rwabo.Reba amadini arya amafaranga y’abantu,akavuga ko ari icyacumi kigenewe Imana.Nyamara Yezu yadusabye "gukora umurimo w’Imana ku buntu" nkuko Matayo 10:8 havuga.Ibi byose,bijyana ababikora ku rupfu rw’iteka,nta kuzazuka ku munsi wa nyuma.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa