Umunyarwandakazi wifotoye igitsina akagishyira hanze ari gutamaza n’abahungu agaragaza ibitsina byabo(AMAFOTO)
Yanditswe: Sunday 23, Jul 2017
Umutoniwase Sandrine watunguranye ku munsi w’ejobundi ubwo yigaragazaga ku rukuta rwe rwa Facebook asa nk’usaba imbabazi ku mahano yakoze mu bihe byahise, akomeje kubera benshi urujijo agaragaza ubutumwa butandukanye bw’abasore bwiganjemo ubusambanyi bagiye bagirana na we.
Ku wa Gatanu tariki 21 Nyakanga nibwo uyu mukobwa wiyise Umutoniwase Sandrine kuri Facebook, yagaragaye yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook amagambo akomeje kuvugisha benshi ibitandukanye, aho yavuzeko nyuma yo kwandura (...)
Umutoniwase Sandrine watunguranye ku munsi w’ejobundi ubwo yigaragazaga ku rukuta rwe rwa Facebook asa nk’usaba imbabazi ku mahano yakoze mu bihe byahise, akomeje kubera benshi urujijo agaragaza ubutumwa butandukanye bw’abasore bwiganjemo ubusambanyi bagiye bagirana na we.
Ku wa Gatanu tariki 21 Nyakanga nibwo uyu mukobwa wiyise Umutoniwase Sandrine kuri Facebook, yagaragaye yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook amagambo akomeje kuvugisha benshi ibitandukanye, aho yavuzeko nyuma yo kwandura agakoko gatera SIDA yafashe umwanzuro wo gusaba imbabazi abo yahemukiye bose akazitahira mu mahoro nk’uko yabyanditse, akomeje kugenda agaragaza ubutumwa yandikiranaga n’abasore bagiye batandukanye mu ruganiriro rwa Facebook yabo (Inbox), ibyatumye abantu benshi bacika ururondogoro.
Umutoniwase Sandrine
Murabizi nitwa uwase sandrine niyo mazina yange nyakuri, ntuye igisenyi nenshi muranzi,mfite ibibazo byinshi arko byandenze
Ubwo mperutse kujya kwipimisha sida nasanze naranduye niyo mpamvu mpisemo gusaba imbabazi abo nahemukiye Bose ngo nzapfe nd’umwere.
Ndasaba imbabazi abantu Bose cyane ab’i Kigali nabeshye ko nshaka akazi ko mu rugo bakanyoherereza amafaranga ya transport nkayarya singeyo mumbabarire,
Abasore namwe mumbabarire ayo nabariye yar’inzara ariko namwe bake twabonanye nimwe munyanduje SIDa muragapfa,
Imana Imbabarire kuko najyaga nkora icyaha icyo kwiphotora igitsina nkagiha abasore inbox Facebook yaransazije, ubu mbabazwa n’ abasore batunze amaphoto yange muri inbox zabo.
Ifoto y’Igitsina cye yashyize hanze yakundaga guha abasore
Akomeza agira ati,Agahinda mfite ninge ukazi ubu amarira ranzenga mumaso ndumva namanuka mu Kivu nkiyahura munsengere, murakoze.
Umutoniwase atuye i Gisenyi ubukene ngo nibwo bubimutera
INAMA NGIRA ABAKOBWA BAGENZI BANGE MUJYE MWIRINDA KURYA IBYO MUTAVUNIKIYE KANDI MWIYUBAHE, nariyandaritse none binkozeho.
Iyo photo mubona niyo najya mpa abasore kenshi.
REBA AMAFOTO HASI Y’ABAHUNGU AMAZE GUTAMAZA:
Ibitekerezo
Ibi se ni ukuri?!!
Simbona c utari unasamaje, nabo baguye ku busa, ubu c umaze kwanduza bangahe bo kutabasabye imbabazi, ishakire akana uzagasigire ubuhamya bwawe
asyi we!!!
Abure kwigira mu Mana niyo iruhura!!!! Imana iratwakira uko turi kose, Kandi yibuke ko Amaraso yesu yatuviriye ku musaraba yatwogeje ibyaha byacu. Ihane mwene data uraba urababarirwa
nukwirarira bya mafuti nukuntu mbona uri mubi ?ntusamaje rwose baguye kubusa sha wapi urabishye pe
Haricyo mwakuyemo mwifoto nge ndayizi
ego ko wa mana we ariko c nkicyo gihungu cyo cyakwerekaga iki koko? mwese muri kimwe gusa ubwo wasabye imbabazi imana ikubabarire Ariko biragusaba gusenga cyane.
Uwo sumukobwa ningirwa bakobwa. ubwo se aratinyuka agasaba imbabazi koko? ESE ko mbona asaba imbabazi zamafranga bamwohetezaga akayarya kdi azi neza ko ari itike bamuhaye, ntasabe imbabazi zabasore yaba yarishe kdi azi neza ko arwaye sida? jyewe ndabona ibyiza byaba ari ugusaba imbabazi abo yishe kanyuma akazapfa neza
Nturi na mwiza pee
ngusa urambabaje kuko ni nkamwe mutesha agaciro abanyarwanda kazi ariko Imana ikubabarire kd wibuke gusaba imbabazi abo wahemukiye kd ubizi
Arkoc koko ibinibyanyabyo? Mbega umukobwa weeeeee!!! Agiye gusiga akoze ibara kwisi pe!
Ark uno mukobwa yateye intambwe nziza yo kwiyakira akabasha kuvuga ibyamubayeho nabyo nubutwari ariko nanone niba yiyemeje kuvuga ukuri kwiwe ntawe ukumuvugiye kucyi yashyize abandi kukarubanda we yari kuvuga ibye ibyabandi akabibarekera hano kuvuga private life yabandi bantu namakosa nawe yigaye
IHANGANE SHA NONESE UWAGUFASHA YAKUBONA GUTE?
EMMY
Arko abasore natwe twaragowe!! Ubundi se ubwo abamushidukiraga bo bafite ubwenge??? Nge sinamurenganya peee ikibazo ni icyabo basore batazi kwifatira imyanzuro
Nt nge urihengo ume
Nt nge urihengo ume
hhhh.guma urarye sha ubundi c? sinumva ukibateka imitwe nibyo nimitwe urashaka ayandi yubuntu ngo barafasha
ihangane. Bibaho. Mana.izakwakire mubayo
uwiyishe ntaririrwa
uwiyishe ntaririrwa
Habaje ababyeyi bakubyaye naho wowe uriyishe kand uwiyishe naririrwa.
nukuri birababaje ariko ijambo ryimana riravugango naho ivyahavyawe vyotukura tukutuku wizeye uhoraho urabiharirwa ico nogusaba izere umwami Yesu nukuri iwe ntakibuze uko wumva urushe uraruhuka nukuri n’umwami mwiza adakumira adakaza ishavu hama mugire amahoro merci
bagirinama kuko nari abagikina na life
Izere Imana kandi wihane umaramaze irakubabarira ibyaha byawe byose, ishatse no kugukiza Sida yagukiza si wowe wa mbere hari abandi yakijije
Sandrine komera Imana irakubabarira iragukunda ntukiyahure ejyera Muganga baguhe imiti
watabi we ko mbona ubundi uri agasogoro uwaguteretaga we afite ubwenge. uzapfe utyo washyano we. wigize gakukuba wa mafene we. gsa ur’ isi pe
nagirango.ntange.igitekerezo.uno.mukombwa.sandrine.numbwo.asaba.imbabazi.imana.nabantu.yagiriye.nabi.akabanduza.vrus.yasida.niba.abikuye.kumutima.imana.izamubarire.imuhe.iruhuko.ridashira
xrry kbx knd abo wahemukiye bakubabarire ark kwiyahura ntbw ario muti wibibaz kuko nyum yubw buzima harubundi buzima
xrry kbx knd abo wahemukiye bakubabarire ark kwiyahura ntbw ario muti wibibaz kuko nyum yubw buzima harubundi buzima
Imana nidutabare nahubundi tugeze muminsi yanyuma Inama yanjye nuko ibipfundikiye bitera amatsiko ariko mwirinde mujye murira kugihe
Imana nidutabare nahubundi tugeze muminsi yanyuma Inama yanjye nuko ibipfundikiye bitera amatsiko ariko mwirinde mujye murira kugihe
SHA UMUTONIWE WARAGAKOZE
Sha Ihangane Nyine2 Nnx Ko Umutungo Imana Yaguhaye Wawufashe Nab Byagenda Gt? Pl2
Sha Ihangane Nyine2 Nnx Ko Umutungo Imana Yaguhaye Wawufashe Nab Byagenda Gt? Pl2
Umwa wa mukobwa we ibyo wakoze ntibyari bikwiye na gato. Si umuco w’abari b’i Rwanda. Mbonereho mbwire urubyiruko rusa n’urwagize ubusambanyi imikino ihoraho, ko nyuma y’igihe bigira ingaruka mbi ku babikora. Gusa rero, nubwo wakoze amahano, ba intwari, umuti si ukwiyambura ubuzima, si no kwiyanga ngo ubeho uhungabanye. Ahubwo ba intwari wakire amateka mabi yakuranze mbere, ufate icyemezo cy’icyerecyezo uhaye ubuzima bwawe. Ndagira ngo nkwibutse ko Mariya Madalina nawe wari warabaye indaya, Yezu yamubabariye ibyaha bye. Egera umusaserdoti ukuri hafi, agufashe usabe Imana imbabazi, nawe wibabarire, kandi ubabarire n’abo mwafatanyije gucumura, nabo bari barayobye nkawe, ndetse ubafashe guhindika uko Nyagasani azabigufasha. Amateka ajya ahinduka, nta kinanira Imana kandi impuhwe zayo ntizigira umupaka.Humura , gusa ufate icyemezo kizima wirinde gusubira mu ijandwe ry’ibyaha. Nyagasani Yezu akuyoboreshe urumuri rwe, Nyina wa Jambo, umubyeyi uboneshereza abari mu nyanja, ahumurize umutima wawe, agufashe gutera intambwe iva mu rupfu ijya mu buzima, Nyagasani Nyi’imbabazi akwakirane urugwiro kuko yari agutegereje kibondo sigaho gutekereza kwica .
Konamafoto mumanzemuduhe amafoto
Sisitawe Wihangane Ukunuwarimwiza Nibyo Bimbacje
Urihangan Kuk Ivyo Wabiterw Na Sekibi Arim Satan Kuk Kovyamaz Gushk Ntakund
IYABAWARUFPUYE
Kubasha umu frend
Urakoze humura,SIDA sicyo kibazo ubu dufite gikomeye ,abayirwayo barajubaka n’abo igihugu kandi umisanzu bari kuwutanga ,garujira Imana ugabanye gusambana ,uhange undi murimo ,uzatera imbere pe! Nina ushaka umugabo uzampamagare nanjye ndi umusore nzakugire umugore.Nina warihannye
AMABEREMEZA
Warakoze cyaneeee!!!!
Raphael njeje
Nibakubaba rire kbs wimfireneza
Ibyo sibyo pee
Ooh ihangan
NUKUREBA AMAFOTOYE
IHANGANE KWISI NUKO SIWOWE GUSA ICYAMBERERE NUKWIYAKIRA. UBUKENE BURAGATSINDWA.NTUZICUZE IBYARANGIYE UJYE WIBAZA KUBIZAZA.
Wihangane kd ntago upfuye nyuma yibyo har ibyiza ukizw ubikuye kumutim kd wihane uzabona umusor ugukwiye nkeney number yawe murakoze
ndoñder kuri+254791862567
Adusobede ubeda mbade mannyi baammubulilira