skol
fortebet

Umugore yarakaje benshi nyuma yo kuvuga ko yicuza kuba yarabyaye

Yanditswe: Friday 08, Dec 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umugore wo muri Afurika y’Epfo,witwa Khvnyi, yavuze ko kuba umubyeyi ari kimwe mu bintu yicuza cyane.

Sponsored Ad

Khvnyi yabivuze mu butumwa yanyujije kuri X, ku wa kabiri, 7 Ukuboza, ariko, yongeyeho ko atanga umwana we.

Ati“Nanga kuba umubyeyi. Ni kimwe mubyo nicuza cyane kandi ntamuntu numwe ushobora kunyemeza ko bifite agaciro. Iteka ryose.

Kuba umubyeyi biravuna. Ndabyanga kandi iyaba nashobora gusubiza ibihe inyuma sinari kuba umubyeyi. Ntabwo bivuze ko nanga umwana wanjye. ”

Abantu benshi bagiye munsi bamwandikira ubutumwa bamunenga cyane kubera ibyo yatangaje.

Uyu mugore yabwiwe ko kubyara ari amahirwe atabonwa na buri wese bityo akwiye kubyishimira.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa